Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubuligi, Maxime Prévot, yasabye abantu kutagira byinshi bitega ku ruzinduko ateganya kugirira i Kigali, mu bijyanye no kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Maxime Prévot utegerejwe i Kigali aracyafite ingingimira ku Rwanda
17 September 2025, by Iradukunda Serge -
Perezida Kagame yitabiriye imikino ya PFL Africa
18 October 2025, by Iradukunda OlivierPerezida Paul Kagame ari kumwe n’umunyabigwi Francis Ngannou, na Mauricio Sulaimán uhagarariye Ihuriro ry’Imikino y’Iteramakofe ku Isi (WBC), bifatanyije n’Abanyarwanda mu mikino y’irushanwa rya PFL Africa yabereye muri BK Arena.
-
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 5.798 Frw mu gihembwe cya kabiri cya 2025
17 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteRaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 5.798 Frw mu gihembwe cya kabiri cya 2025, bigaragaza izamuka rya 7,8%, mu gihe wari wazamutseho 6,5% mu gihembwe cya mbere cya 2025.
-
Perezida Kagame na Diomaye Faye wa Sénégal bitabiriye Car Free Day
19 October 2025, by Iradukunda OlivierPerezida Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo rusange imenyerewe nka Car Free Day.
-
U Rwanda rwatangaje ibiciro by’amashanyarazi bivuguruye
17 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego Ngenzuramikorere (RURA), rwatangaje ko rwavuguruye ibiciro by’amashanyarazi hagamijwe kujyanisha ikiguzi cyayo n’ibiyagendaho no guhaza isoko ry’abakenera amashanyarazi rikomeje kwiyongera.
-
Ishingiro ryo kuzamura ibiciro by’umuriro w’amashanyarazi mu Rwanda
18 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréNubwo hashize imyaka 13 Abahinde babyibuka nk’ibyabaye ejo. Ubwo umuriro wamaze hafi amasaha 13 wabuze, byagize ingaruka ku baturage miliyoni 620 bo muri leta 22 zo mu majyaruguru no mu burasirabuba bw’iki gihugu, bahomba miliyari 4,4$.
-
Imishinga y’amashyanyarazi u Rwanda rugiye gushoramo miliyari 1$
21 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa yavuze ko mu myaka itanu iri imbere u Rwanda ruzashora arenga miliyari 1$ mu mishinga izafasha kubona megawatt 1000 zizaba zikenewe mu mirimo itandukanye y’igihugu.
-
Kujuririra Kanziga, ibya Zigiranyirazo na Kabuga Félicien: Ikiganiro na Col Chevalier w’u Bufaransa
18 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Ushinzwe ibikorwa by’Umutekano muri Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda, akaba anashinzwe kwita ku mutekano w’abatangabuhamya no gukurikirana ko ubuhamya butangirwa i Kigali mu manza z’abaregwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi ziburanishirizwa mu Bufaransa butangwa mu ibanga, Colonel Gil Chevallier, yagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo kuba hari amahirwe ko Ubushinjacyaha bwazajurira icyemezo cyafashwe kuri Agathe Kanziga, umugore wa Habyarimana Juvénal.
-
Yves Iradukunda yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri MINICT, hashyirwaho abayobozi mu nzego zinyuranye
18 September 2025, by IGIHEPerezida Kagame yashyize mu nshingano abayobozi bashya barimo Yves Iradukunda wagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT).
-
Kwakira FIFA Series 2026 mu byibanzweho mu biganiro byahuje Shema wa FERWAFA na Gianni Infantino
19 September 2025, by IGIHEPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, Fabrice Shema, yagiranye ibiganiro na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, byagarutse ku mishinga ikomeye irimo kuba u Rwanda ruzakira FIFA Series 2026, kubaka ibibuga by’umupira w’amaguru, kubaka ubushobozi bw’amakipe y’umupira w’amaguru mu Rwanda n’ibindi.
IGIHE