Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Christine Nkulikiyinka, yatangaje ko hagati ya 2017 na 2024, mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 harimo irenga miliyoni 1,4 yahangiwe abari mu cyiciro cy’urubyiruko.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 mu myaka irindwi
20 October 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Higanjemo ba Colonel: Abofisiye bakuru 14 batorotse Igisirikare cy’u Burundi mu myaka ibiri
20 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmwuka mubi ukomeje gututumba mu Gisirikare cy’u Burundi. Nubwo abayobozi baterura ngo babivuge, bigaragara ko kuva mu 2023 ubwo Perezida Evariste Ndayishimiye yoherezaga abasirikare kurwanya umutwe witwaje intwaro wa M23 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuva ku muto kugera ku mukuru batashywe n’ubwoba.
-
Evode na Prof Dusingizemungu bongerewe manda, Dr Uwamariya na Gasana Alfred binjira muri Sena
21 October 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yashyizeho Abasenateri barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Uwamariya Valentine na Gasana Alfred.
-
U Rwanda na Azerbaijan byagiranye amasezerano atanu
20 September 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan kuri uyu wa 20 Nzeri 2025 zagiranye amasezerano atanu y’ubufatanye mu buhinzi, uburezi, serivisi z’itumanaho ryifashishwa mu kirere, ubucuruzi n’imitangire ya serivisi.
-
Umwaka wa Perezida Kagame mu mafoto
23 October 2025, by IGIHEUyu munsi, Perezida Kagame yujuje imyaka 68. Yabonye izuba ku wa 23 Ukwakira 1957, avukira ku musozi wa Tambwe, ubu ni mu Karere ka Ruhango. Ni umuhererezi mu muryango w’abana batandatu, bavuka kuri Rutagambwa Deogratias na Rutagambwa Asteria.
-
Ibintu 10 bidasanzwe wamenya kuri Azerbaijan yasuwe na Perezida Kagame
21 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKu itariki ya 19 Nzeri 2025, Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi itatu rw’akazi muri Azerbaijan. Yakiriwe mu cyubahiro i Baku na Perezida Ilham Aliyev.
-
Imihanda ya metero 4500 no kwakira abanyacyubahiro 200: Ibishya ku kibuga cy’indege cy’i Bugesera
23 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréImirimo yo kubaka Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali gishya giherereye mu Bugesera, irarimbanyije kugira ngo 2027/2028 izarangire gitangiye gukoreshwa ubundi u Rwanda rwinjire mu kindi cyiciro cyisumbuye mu bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere.
-
Ibitekerezo by’Abanyarwanda kuri Shampiyona y’Isi y’Amagare iri kubera i Kigali (Video)
23 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIsi yose ihanze amaso u Rwanda aho Umujyi wa Kigali wakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yanditse amateka yo kuba iya kabiri yitabiriwe cyane kuko ibihugu 108 byohereje abakinnyi babihagararira.
-
Isinywa ry’amasezerano arimo ayo guhana ubutaka, mu byaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Misiri
23 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yavuze ko u Rwanda na Misiri bifite amahirwe menshi y’ishoramari ashobora kubyazwa umusaruro, ndetse ubutaka ibihugu byombi byahanye buzafasha buri ruhande kwagura isoko rugeraho mu karere.
-
U Rwanda rwasubije Afurika y’Epfo imodoka eshanu zari zibwe
25 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego rw’u Rwanda rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko u Rwanda rwasubije Afurika y’Epfo imodoka zirenga eshanu zari zaribwe zigafatirwa ku mipaka itandukanye zigiye kwinjizwa mu Rwanda.
IGIHE