Guverinoma y’u Rwanda yatangaje itegeko rigenga serivisi z’ubuvuzi rikubiyemo ingingo zitandukanye, ryagennye n’ibihano bigera ku gifungo cy’imyaka 25 n’ihazabu igera kuri miliyoni 50 Frw, mu kwirinda ko hazabamo uburiganya.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Igifungo cy’imyaka 25 na miliyoni 100 Frw: Ibihano ku bazakora amanyanga mu gutwitira undi
29 September 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Rukeneye miliyoni 25$: Ibibazo byazonze uruganda rw’amashanyarazi ya nyiramugengeri rwari gutanga megawatt 70
25 September 2025, by Léonidas MuhireUruganda rutanga amashanyarazi ku muyoboro mugari rukoresheje nyiramugengeri ruri mu Karere ka Gisagara rugiye kumara imyaka itanu ruhanganye n’ikibazo cyo kubura nyiramugengeri ihagije rukoresha; ibituma rutanga Megawatt 23 gusa muri 70 rufitiye ubushobozi.
-
U Rwanda mu bihugu bitekanye ku Isi ku bagenda nijoro; kurusha u Bufaransa, u Bwongereza na Amerika
26 October 2025, by Iradukunda SergeU Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere muri Afurika yo Munsi y’Ubutayu bwa Sahara, mu bihugu umuntu ashobora kugenda nijoro ari wenyine ariko akumva atekanye.
-
Minisitiri Nduhungirehe yatamaje Tshisekedi wasabye Loni kwemeza ‘jenoside ikorerwa muri RDC’
25 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, atakabaye atinyuka gushinja abandi ko bari gukora jenoside mu gihugu cye kuko ubwicanyi bukorerwa Abanye-Congo b’Abatutsi bukorwa n’ingabo z’igihugu n’imitwe ifatanya na zo kurwana.
-
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku Ishoramari muri Arabie Saoudite
27 October 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yageze i Riyadh muri Arabie Saoudite, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ishoramari (FII), izahuriza hamwe abayabozi batandukanye ku Isi, barimo abashoramari bakomeye, abahanga mu guhanga udushya, abayobozi bakuru b’ibigo n’abafata ibyemezo mu nzego za leta.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko abumva ko u Rwanda rutakwakira ibikorwa bikomeye basizwe n’amateka
25 September 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraPerezida Paul Kagame yavuze ko abumva ko igihugu nk’u Rwanda kidashobora kwakira ibikorwa bikomeye nka Shampiyona y’Isi y’Amagare, bafite imyumvire itakigezweho.
-
Ntimugategereze byinshi ku bandi- Perezida Kagame ahanura abo mu Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere
25 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yasabye abanyeshuri bagiye kwiga mu Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (ASG) kutazategereza byinshi ku bandi, ahubwo bakumva ko ibigomba guteza imbere Afurika bigomba kubaturukamo.
-
Perezida Kagame yasobanuye ibyafasha ibihugu biri mu nzira y’amajyambere gutera imbere
28 October 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame uri i Riyadh muri Arabie Saoudite, yagiranye ikiganiro n’abandi bakuru b’ibihugu, cyagarutse ku kiguzi nyacyo cy’umutekano w’ubukungu, ashimangira ko hakenewe imikorere ishobora gufungura inzira y’iterambere rirambye kandi rigera kuri bose ku bihugu biri mu nzira y’amajyambere.
-
Perezida Kagame yavuze ko ibijya bimuraza ijoro ari ukureba uko yakemura ibibazo Abanyarwanda bafite
25 September 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yaganirije abanyeshuri 51 bo mu bihugu 14 bagiye kwiga mu Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere rigiye gutangira amasomo mu Rwanda, abereka aho igitekerezo cyo kurishinga cyavuye, anabasangiza uburyo ubuzima yanyuzemo ari bwo bwamugize uwo ari we ubu, ndetse ko igihora kimushishikaje ari ugushaka uko ibibazo Abanyarwanda bafite byakemuka.
-
U Rwanda rwagaragarije Loni ubufatanye bwa RDC na FDLR mu mugambi wo kurimbura Abatutsi
26 September 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yagaragarije Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ko ubwicanyi bukorerwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buterwa inkunga na Guverinoma y’icyo gihugu kandi bugamije kurimbura Abatutsi bo muri icyo gihugu, binyuze mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR na Wazalendo.
IGIHE