Inama y’Ubutegetsi y’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere, (ASG) yatangaje ko yashyizeho Francis Gatare nka Perezida waryo akazatangira kuriyobora ku wa 1 Ugushyingo 2025.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Francis Gatare yagizwe Perezida w’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere
30 October 2025, by IGIHE -
Rwaciye inka amabere? Ishingiro ry’u Rwanda mu kwamagana ibitero bya Israel kuri Qatar
2 October 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda rwamaganye bikomeye igitero Israel yagabye i Doha tariki ya 9 Nzeri 2025 igambiriye kwica abayobozi b’umutwe witwaje intwaro wa Hamas, rugaragaza ko kurenga ku mahame shingiro mpuzamahanga agenga imibanire y’ibihugu bishobora gushyira Isi mu kaga katarabaho.
-
Kagame agaragaza ubushake buganisha ku mahoro mu karere- Umujyanama wa Trump
2 November 2025, by Iradukunda SergeUmujyanama wa Perezida Donald Trump mu bijyanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko iki gihugu cyizeye ubushake bwa Perezida Paul Kagame, mu kwimakaza amahoro n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
-
Impamvu u Rwanda rwerekeje amaso i Los Angeles kwamamaza Visit Rwanda
30 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) yatangaje ko kuba Los Angeles ituwe n’abantu benshi kandi bafite amafaranga, biri mu mpamvu zatumye u Rwanda rwerekezayo amaso mu kwamamaza Visit Rwanda.
-
Umusaruro u Rwanda ruzakura mu bufatanye na LA Clippers na LA Rams
2 October 2025, by Jean de Dieu TuyizereTariki ya 29 Nzeri 2025, Visit Rwanda yatangiye ubufatanye n’amakipe akomeye muri Basketball na ‘Football’ yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika; Los Angeles Clippers na Los Angeles Rams, bugamije kumenyekanisha ibyiza nyaburanga by’u Rwanda.
-
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by Iradukunda SergeAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
-
Ibizafasha Guverinoma y’u Rwanda kongera umusaruro w’ubuhinzi ku kigero cya 50%
2 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko bitarenze mu 2029 umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi uzongerwa ku kigero cya 50% mu rwego rwo gukomeza kwihaza mu biribwa n’iterambere ry’ubukungu bw’igihugu, inagaragaza ibizarufasha.
-
Imaramatsiko ku kigo mpuzamahanga cyigisha ibijyanye n’umutekano w’ikoranabuhanga cyatangijwe mu Rwanda
3 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rwatangije Ikigo mpuzamahanga cy’Icyitegererezo cyigisha ibirebana n’umutekano w’ikoranabuhanga no kurinda amakuru bwite (Cyber Academy).
-
Ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byanyu- Perezida Kagame ku bofisiye bashya muri RDF
3 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abofisiye bashya gukomeza kurangwa n’umutima wo kurinda igihugu, ndetse abagaragariza ko ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byabo.
-
Perezida Kagame yageze i Doha
3 November 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar, aho azitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku iterambere (World Summit for Social Development).
IGIHE