Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abantu bakwiriye kuzirikana igisobanuro cya Jenoside aho kuyivugira mu kirere gutyo gusa, agaragaza ko ubu bwicanyi buba bugamije kurimbura ubwoko runaka (Jenoside) budakwiriye gukinishwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Jenoside ntabwo ari igikinisho - Minisitiri Nduhungirehe kuri Tshisekedi wahinduye abicwa abicanyi
27 September 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
UCI yahaye Perezida Kagame umudali w’indashyikirwa mu mukino w’amagare
27 September 2025, by Iradukunda OlivierIshyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa ku magare, ashima uruhare rwayo mu gutuma u Rwanda rwandika amateka.
-
Francis Gatare yagizwe Perezida w’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere
30 October 2025, by IGIHEInama y’Ubutegetsi y’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere, (ASG) yatangaje ko yashyizeho Francis Gatare nka Perezida waryo akazatangira kuriyobora ku wa 1 Ugushyingo 2025.
-
Rwaciye inka amabere? Ishingiro ry’u Rwanda mu kwamagana ibitero bya Israel kuri Qatar
2 October 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda rwamaganye bikomeye igitero Israel yagabye i Doha tariki ya 9 Nzeri 2025 igambiriye kwica abayobozi b’umutwe witwaje intwaro wa Hamas, rugaragaza ko kurenga ku mahame shingiro mpuzamahanga agenga imibanire y’ibihugu bishobora gushyira Isi mu kaga katarabaho.
-
Kagame agaragaza ubushake buganisha ku mahoro mu karere- Umujyanama wa Trump
2 November 2025, by Iradukunda SergeUmujyanama wa Perezida Donald Trump mu bijyanye na Afurika, Massad Boulos, yagaragaje ko iki gihugu cyizeye ubushake bwa Perezida Paul Kagame, mu kwimakaza amahoro n’iterambere mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
-
Impamvu u Rwanda rwerekeje amaso i Los Angeles kwamamaza Visit Rwanda
30 September 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) yatangaje ko kuba Los Angeles ituwe n’abantu benshi kandi bafite amafaranga, biri mu mpamvu zatumye u Rwanda rwerekezayo amaso mu kwamamaza Visit Rwanda.
-
Umusaruro u Rwanda ruzakura mu bufatanye na LA Clippers na LA Rams
2 October 2025, by Jean de Dieu TuyizereTariki ya 29 Nzeri 2025, Visit Rwanda yatangiye ubufatanye n’amakipe akomeye muri Basketball na ‘Football’ yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika; Los Angeles Clippers na Los Angeles Rams, bugamije kumenyekanisha ibyiza nyaburanga by’u Rwanda.
-
U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994
1 October 2025, by Iradukunda SergeAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yavuze ko u Rwanda rudateze gukuraho ingamba z’ubwirinzi, mu gihe FDLR igifite ukwishyira ikizana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko hari ikosa rimwe u Rwanda rwakoze rutazongera gusubira ukundi.
-
Ibizafasha Guverinoma y’u Rwanda kongera umusaruro w’ubuhinzi ku kigero cya 50%
2 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko bitarenze mu 2029 umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi uzongerwa ku kigero cya 50% mu rwego rwo gukomeza kwihaza mu biribwa n’iterambere ry’ubukungu bw’igihugu, inagaragaza ibizarufasha.
-
Imaramatsiko ku kigo mpuzamahanga cyigisha ibijyanye n’umutekano w’ikoranabuhanga cyatangijwe mu Rwanda
3 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rwatangije Ikigo mpuzamahanga cy’Icyitegererezo cyigisha ibirebana n’umutekano w’ikoranabuhanga no kurinda amakuru bwite (Cyber Academy).
IGIHE