Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yasabye abofisiye bashya gukomeza kurangwa n’umutima wo kurinda igihugu, ndetse abagaragariza ko ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byabo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ahazaza h’u Rwanda hari mu biganza byanyu- Perezida Kagame ku bofisiye bashya muri RDF
3 October 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Perezida Kagame yageze i Doha
3 November 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yageze i Doha muri Qatar, aho azitabira Inama Mpuzamahanga yiga ku iterambere (World Summit for Social Development).
-
Amafoto 101 yaranze umuhango wo kwinjiza abofisiye 1029 mu Ngabo z’u Rwanda
4 October 2025, by Kwizera HervéKu wa 3 Ukwakira 2025, Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahaye ipeti rya Sous-Lieutenant abasirikare 1029 binjiye mu Ngabo barimo n’umuhungu we muto, Brian Kagame.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Emir wa Qatar
4 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani byibanze ku guteza imbere umubano w’ibuhugu byombi n’imikoranire.
-
Iyi nzira y’amahoro igomba gutanga umusaruro - U Rwanda nyuma y’ukwinangira kwa RDC
5 October 2025, by IGIHEUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko urugendo ruganisha ku mahoro u Rwanda na RDC birimo bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugomba gutanga umusaruro uko byagenda kose, nubwo Leta ya Congo ikomeje kugenda biguru ntege.
-
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda barenga 220 babaga muri RDC
6 November 2025, by Nshimiyimana EricU Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 222 bari barafashwe bugwate n’Umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
-
Iryo Perezida Kagame yavuze kuri Tshisekedi riratashye!
6 October 2025, by Iradukunda SergeWari umunsi witezwe n’Isi yose! Ku wa 3 Ukwakira 2025, i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byari bitegerejwe gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu by’ubukungu, intambwe yari kuzasiga amateka mashya mu mubano w’ibihugu byombi.
-
U Rwanda na RDC byasinye umushinga w’amasezerano mu by’ubukungu
8 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku mushinga wose w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu; intambwe ikomeye ibanziriza gusinya amasezerano.
-
Dr Rwamasirabo yavuze ibyabaye ubwo yasimbukaga urupfu muri UNR imbere ya Pasteur Bizimungu
8 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréDr Emile Rwamasirabo ni umwe mu bantu bashyize itafari rikomeye mu kubaka u Rwanda kuva ku rugamba rwo kubahora u Rwanda kuva mu 1990 kugeza uyu munsi.
-
Urugendo rwo kubagira inkomere za RPA mu Birunga, urupfu rwa Rwigema n’ukutanyurwa kwa Kayumba: Dr Emile Rwamasirabo
6 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréDr Rwamasirabo Emile ni umwe mu bagize uruhare mu rugamba rwo kubohora igihugu. Yari ashinzwe gushakira abari ku rugamba ibikoresho no kubagemurira ibikoresho by’ubuvuzi, akazajya ajya gutanga umusanzu mu kubaga inkomere cyane ko yari inzobere muri byo.
IGIHE