Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagaragaje ko ibyo yavugiye imbere y’Abanyaburayi, ko ashaka amahoro, ndetse ko ashaka ubwiyunge n’u Rwanda, byari urwiyerurutso, ko yabivuze nk’utanga abagabo, ashaka ko amahanga abona ko atari we kibazo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Tshisekedi yaciye amarenga ko kuvuga ko ashaka amahoro n’u Rwanda byari urwiyerurutso
12 October 2025, by Uwimana Abraham -
Igisubizo cya Nduhungirehe kuri Tshisekedi wasabye Perezida Kagame gutegeka AFC/M23 guhagarika imirwano
13 October 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasabye Perezida Félix Antoine Tshisekedi, kwemera ko ikibazo cya AFC/M23 kiri mu nshingano ze, aho gusaba Perezida Paul Kagame gutegeka uyu mutwe guhagarika imirwano.
-
Ubutabera bwa Afurika y’Epfo bwanyomoje Kayishema wavuze ko Leta y’u Rwanda ishaka kumwica
29 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereUrwego rushinzwe iperereza muri Afurika y’Epfo rwagaragaje ko amakuru avuga ko Leta y’u Rwanda yashatse kwica Fulgence Kayishema ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ari ibinyoma.
-
Abacanshuro ba Blackwater bazarusyaho imbere ya M23?
22 October 2025, by Jean de Dieu TuyizereByari bimeze nka filime mu mpera za Mutarama 2025 ubwo Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Lt Col Willy Ngoma, yatonganyaga abacanshuro b’Abanyaburayi biganjemo abaturutse muri Romanie, abagaragariza ko bakoze ikosa rikomeye ryo kwemera gukoreshwa na Perezida Félix Tshisekedi mu bikorwa byo kwica Abanye-Congo baharanira uburenganzira bwabo.
-
Zifite arenga miliyari 9000 Frw! Banki 11 zihariye 2/3 by’urwego rw’imari rw’u Rwanda
20 September 2025, by Iradukunda SergeImibare ya Banki Nkuru y’u Rwanda igaragaza ko mu gihugu hari banki 11 zifatiye runini ubukungu bw’igihugu kuko kugeza muri Kamena 2025 zari zifite umutungo ungana na miliyari 9.632 Frw, bivuze ko zihariye 67,4% by’umutungo y’ibigo by’imari.
-
Perezida Kagame yamufashije kongera kubona abana be, FPR imugurira ikote: Ishimwe rya Dr. Rwigema
30 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereDr. Rwigema Pierre Célestin wabaye Minisitiri w’Uburezi na Minisitiri w’Intebe mu Rwanda afite ishimwe rikomeye kuri Perezida Paul Kagame wamufashije kongera kubona abana be mu bihe bigoye, no ku muryango FPR Inkotanyi wamugiriye icyizere.
-
Umunyarwandakazi wa mbere ubaga ubwonko: Injira mu kazi ka Dr Karekezi
14 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréDr. Claire Karekezi ni umwe mu bahanga mbarwa b’Abanyarwanda u Rwanda rufite mu bijyanye no kubaga indwara zibasira ubwonko. Ni umwuga amazemo imyaka irindwi yita kuri iki gice gikomeye mu mubiri w’umuntu.
-
Imyaka ibiri y’intambara, gushinjwa Jenoside muri Gaza n’ikigiye gukurikira - Ambasaderi wa Israel yatanze umucyo
14 October 2025, by IGIHEKu wa Mbere, byari ibyishimo mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati by’umwihariko muri Israel na Palestine, ubwo amasezerano y’amahoro yatangira gukurikizwa, imbohe zikarekurwa ku mpande zombi.
-
Impamvu u Bufaransa bwihunza ’Opération Noroît’ ntibuyishyire mu bikorwa ingabo zabwo zakoreye mu mahanga
16 October 2025, by Zigiranyirazo BajecteurNyuma y’aho Ingabo za RPA zitangije urugamba rwo kubohora igihugu mu 1990, Habyarimana Juvénal wari waratsimbaraye akanga ko Abatutsi bameneshejwe bagahungira mu bihugu byo mu karere bataha, yahise atangira guhamagara umuhisi n’umugenzi asaba gutabarwa ndetse François Mitterrand wayoboraga u Bufaransa amwumva bwangu.
-
Ubucucike mu magororero bwagabanyutseho 24,4% mu 2024/2025
15 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka wari wabanje kuko bwavuye kuri 134,3% bigera kuri 110%.
IGIHE