Ikigo gikora ibijyanye no kubaka no kugurisha inzu, Reportage Properties Rwanda, cyatangiye umushinga mushya wo kubaka umudugudu wiswe ‘Jasmine Hills’ uzaba ugizwe n’inzu 59.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imiterere ya ‘Jasmine Hills’, Umudugudu w’icyitegererezo uzuzura utwaye miliyoni 20$
11 October 2025, by Tuyishimire Umutesi Celine -
Bwa mbere, umutungo w’ibigo by’imari wageze kuri miliyari ibihumbi 15,3 Frw
25 November 2025, by IGIHEImibare ya Banki Nkuru y’Igihugu yagaragaje ko hagati ya Nzeri 2024 na Nzeri 2025, umutungo wose w’urwego rw’imari wazamutse ku gipimo сya 24,3% uba miliyari ibihumbi 15,3 Frw uvuye kuri miliyari ibihumbi 12,3 Frw.
-
Tshisekedi yaciye amarenga ko kuvuga ko ashaka amahoro n’u Rwanda byari urwiyerurutso
12 October 2025, by Uwimana AbrahamPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagaragaje ko ibyo yavugiye imbere y’Abanyaburayi, ko ashaka amahoro, ndetse ko ashaka ubwiyunge n’u Rwanda, byari urwiyerurutso, ko yabivuze nk’utanga abagabo, ashaka ko amahanga abona ko atari we kibazo.
-
Igisubizo cya Nduhungirehe kuri Tshisekedi wasabye Perezida Kagame gutegeka AFC/M23 guhagarika imirwano
13 October 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasabye Perezida Félix Antoine Tshisekedi, kwemera ko ikibazo cya AFC/M23 kiri mu nshingano ze, aho gusaba Perezida Paul Kagame gutegeka uyu mutwe guhagarika imirwano.
-
Ubutabera bwa Afurika y’Epfo bwanyomoje Kayishema wavuze ko Leta y’u Rwanda ishaka kumwica
29 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereUrwego rushinzwe iperereza muri Afurika y’Epfo rwagaragaje ko amakuru avuga ko Leta y’u Rwanda yashatse kwica Fulgence Kayishema ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ari ibinyoma.
-
Abacanshuro ba Blackwater bazarusyaho imbere ya M23?
22 October 2025, by Jean de Dieu TuyizereByari bimeze nka filime mu mpera za Mutarama 2025 ubwo Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Lt Col Willy Ngoma, yatonganyaga abacanshuro b’Abanyaburayi biganjemo abaturutse muri Romanie, abagaragariza ko bakoze ikosa rikomeye ryo kwemera gukoreshwa na Perezida Félix Tshisekedi mu bikorwa byo kwica Abanye-Congo baharanira uburenganzira bwabo.
-
Zifite arenga miliyari 9000 Frw! Banki 11 zihariye 2/3 by’urwego rw’imari rw’u Rwanda
20 September 2025, by Iradukunda SergeImibare ya Banki Nkuru y’u Rwanda igaragaza ko mu gihugu hari banki 11 zifatiye runini ubukungu bw’igihugu kuko kugeza muri Kamena 2025 zari zifite umutungo ungana na miliyari 9.632 Frw, bivuze ko zihariye 67,4% by’umutungo y’ibigo by’imari.
-
Perezida Kagame yamufashije kongera kubona abana be, FPR imugurira ikote: Ishimwe rya Dr. Rwigema
30 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereDr. Rwigema Pierre Célestin wabaye Minisitiri w’Uburezi na Minisitiri w’Intebe mu Rwanda afite ishimwe rikomeye kuri Perezida Paul Kagame wamufashije kongera kubona abana be mu bihe bigoye, no ku muryango FPR Inkotanyi wamugiriye icyizere.
-
Umunyarwandakazi wa mbere ubaga ubwonko: Injira mu kazi ka Dr Karekezi
14 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréDr. Claire Karekezi ni umwe mu bahanga mbarwa b’Abanyarwanda u Rwanda rufite mu bijyanye no kubaga indwara zibasira ubwonko. Ni umwuga amazemo imyaka irindwi yita kuri iki gice gikomeye mu mubiri w’umuntu.
-
Imyaka ibiri y’intambara, gushinjwa Jenoside muri Gaza n’ikigiye gukurikira - Ambasaderi wa Israel yatanze umucyo
14 October 2025, by IGIHEKu wa Mbere, byari ibyishimo mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati by’umwihariko muri Israel na Palestine, ubwo amasezerano y’amahoro yatangira gukurikizwa, imbohe zikarekurwa ku mpande zombi.
IGIHE