Nyuma y’aho Ingabo za RPA zitangije urugamba rwo kubohora igihugu mu 1990, Habyarimana Juvénal wari waratsimbaraye akanga ko Abatutsi bameneshejwe bagahungira mu bihugu byo mu karere bataha, yahise atangira guhamagara umuhisi n’umugenzi asaba gutabarwa ndetse François Mitterrand wayoboraga u Bufaransa amwumva bwangu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Impamvu u Bufaransa bwihunza ’Opération Noroît’ ntibuyishyire mu bikorwa ingabo zabwo zakoreye mu mahanga
16 October 2025, by Zigiranyirazo Bajecteur -
Ubucucike mu magororero bwagabanyutseho 24,4% mu 2024/2025
15 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKomisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa muntu yatangaje ko ubucucike mu magororero yo mu Rwanda mu mwaka wa 2024/2025 bwagabanyutseho 24,3% ugereranyije n’umwaka wari wabanje kuko bwavuye kuri 134,3% bigera kuri 110%.
-
Perezida Kagame yageze i Washington D.C
3 December 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yageze i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yagiye mu muhango wo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Ibizafasha urwego rw’imari kugera kuri 12% by’umusaruro mbumbe w’u Rwanda mu 2050
17 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko urwego rw’imari rugiye gutezwa imbere kurushaho ku buryo mu 2050 ruzaba rugize 12% by’umusaruro mbumbe w’igihugu.
-
Perezida Ndayishimiye yahaye FLN irwanya u Rwanda inkunga y’Imbonerakure zirenga 400
17 October 2025, by IGIHEPerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yategetse ko umutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya Leta y’u Rwanda uhabwa Imbonerakure zirenga 400 ziherutse mu myitozo ya gisirikare kugira ngo ziwongerere imbaraga.
-
Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo
4 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko hari icyizere ko masezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinyira i Washington ku wa 4 Ukuboza 2025 azatanga umusaruro mu by’ubufatanye mu bukungu ariko ko icya ngombwa ari ukubanza kugira amahoro n’umutekano mu karere.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yahanuye abanyeshuri 9000 ba UR basoje amasomo
17 October 2025, by Theodomire MunyengabeMinisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye abasoje Kaminuza y’u Rwanda (UR) mu byiciro bitandukanye gukomera ku ndangagaciro z’umuco Nyarwanda mu byo bakora byose kugira ngo bazabashe kugera ku nzozi zabo.
-
Amasezerano ya Washington ashobora kwinjiza mu Rwanda umuhanda wa gari ya moshi uzava muri Angola
5 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C ashobora kwinjiza u Rwanda mu mushinga w’umuhanda wa gari ya moshi uzava ku cyambu cya Lobito muri Angola.
-
Francis Ngannou yavuze ku Rwanda, imikino ya MMA ruzakira n’isomo ku bato (Video)
18 October 2025, by Iradukunda OlivierUmunyabigwi ukomeye cyane mu mateka y’imikino njyarugamba n’iy’iteramakofe, Francis Ngannou, yagaragaje ko guha u Rwanda kwakira PFL Africa bitatwaye umwanya wo kubitekerezaho kuko ruhora rwiteguye.
-
Perezida Kagame yitabiriye tombola y’Igikombe cy’Isi cya 2026 i Washington D.C
6 December 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yitabiriye tombola y’uko amakipe azahura mu Gikombe cy’Isi cya 2026, yabereye mu nyubako ya F. Kennedy Center i Washington D.C, aho yahuriye n’abandi bayobozi ku rwego rw’Isi batandukanye ndetse n’abafatanyabikorwa.
IGIHE