Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Sénégal, Diomaye Faye, bayoboye umuhango wo gushyira umukono ku masezerano y’imikoranire mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi n’ubworozi, iterambere n’ubuzima.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda na Sénégal byagiranye amasezerano atanu mashya y’imikoranire
18 October 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
U Rwanda rwamaganye ibitero by’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC hafi y’umupaka warwo
10 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereGuverinoma y’u Rwanda yamaganye ibitero ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’iz’u Burundi rimaze iminsi rigaba mu bice bituwe cyane byegereye umupaka wa Bugarama mu Karere ka Rusizi, igaragaza ko bishimangira ko ubutegetsi bw’i Kinshasa budashaka amahoro.
-
Perezida Diomaye Faye yashimye umuhate w’u Rwanda mu guteza imbere ubukerarugendo na siporo
18 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida wa Sénégal, Bissirou Diomaye Faye yashimye imbaraga u Rwanda rushyira mu guteza imbere ubukerarugendo na siporo, ashimangira ko ibihugu byombi bikwiye gukomeza imikoranire myiza.
-
Munyengango na Gatarayiha bagizwe ba ‘Général de Brigade’: Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare
12 December 2025, by IGIHEPerezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera abasirikare bafite amapeti atandukanye, bahabwa ayisumbuyeho.
-
Amashuri menshi n’urushako rwitondewe: Ipfundo ku masaziro meza mu mboni z’Abasenateri
20 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAbasenateri bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage n’Uburenganzira bwa Muntu bagaragaje ko hakiri ibibazo by’ingutu mu gutegurira abantu kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, kuko kugira ngo umuntu azabeho neza mu zabukuru bisaba ko aba yarakoze imyaka myinshi kandi afite akazi keza.
-
Bombori bombori muri Angilikani: Musenyeri Mbanda yavuze kuri rwaserera ziri mu itorero
21 October 2025, by Hakizimana Jean PaulArikiyepisikopi w’Itorero Angilikani ry’u Rwanda, Dr. Mbanda Laurent, yatangaje ko nta byacitse kuba umuntu yabazwa inshingano, yongera kuvuga ko niba hari umukozi w’Imana ushaka gukora atabazwa inshingano igihe cye cyarangiye.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika idakwiye kugira uwo yegekaho umutwaro w’umutekano wayo
21 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yagaragaje ko ibihugu bya Afurika bidakwiye kugira uwo biharira inshingano zo gukemura ibibazo by’umutekano wabyo.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Jack Ma wa Alibaba na Jerry Yang uri mu bashinze Yahoo
13 December 2025, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Jack Ma washinze Alibaba Group hamwe na Jerry Yang uri mu bashinze Yahoo bagirana ibiganiro byagarutse ku bufatanye mu guteza imbere ibijyanye no kwihangira imirimo no guhanga ibishya.
-
Inganda zitunganya ibyuma na lithium n’ububiko bushya bwa Peteroli: Ibyo kwitega mu bukungu bw’u Rwanda mu 2025/2026
22 October 2025, by Iradukunda SergeLeta y’u Rwanda yagaragaje ko mu mwaka wa 2025/26 hari ibikorwa by’ishoramari bitandukanye byitezweho gukomeza guteza imbere ubukungu bw’igihugu birimo uruganda rushya rutunganya ibyuma, urutunganya amabuye y’agaciro ya lithium, ndetse n’ububiko bushya bw’ibikomoka kuri petelori.
-
Umuburo wa Perezida Kagame ku ngaruka zo kuzarira mu ikoranabuhanga muri Afurika
21 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe nta gikozwe mu kuziba ibyuho biri muri Afurika ku bijyanye no guhuza abantu no kwimakaza ikoranabuhanga, hazakomeza kubaho ubusumbane hagati y’uyu mugabane n’ibindi bice by’Isi.
IGIHE