Perezida Paul Kagame yagize isabukuru y’amavuko! Ku wa Gatatu, tariki ya 23 Ukwakira 1957, umuryango wa Asteria Bisinda na Deogratias Rutagambwa bagize umugisha udasanzwe wo kwibaruka umuhererezi mu bana batandatu, bamwita Paul Kagame.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Isabukuru y’imyaka 68! Amafoto 50 ya Perezida Kagame mu bihe bitandukanye
23 October 2025, by Jean de Dieu Tuyizere, Zigiranyirazo Bajecteur -
Madamu Jeannette Kagame yasangiye n’abana ibyishimo by’iminsi mikuru (Amafoto)
13 December 2025, by IGIHEMadamu Jeannette Kagame yakiriye abana barenga 200 baturutse hirya no hino mu gihugu, asabana na bo binyuze mu mikino itandukanye, banasangira ibyishimo bya Noheli n’Umwaka Mushya Muhire.
-
Uburezi mu Rwanda mu mibare
24 October 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUburezi bw’u Rwanda buri mu nzego zitera imbere byihuse by’umwihariko bitewe n’amavugurura yagiye akorwa mu masomo yigishwa, abarimu bayatanga n’ibikorwaremezo byifashishwa atangwa.
-
U Rwanda rwakuyeyo amaso mu biganiro byo kuzahura umubano n’u Burundi
24 October 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro byari byatangiye byo kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi byahagaze, nyuma y’uko iki gihugu gikomeje kugira uruhare mu ntambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
U Bubiligi bwasabye Qatar kubwunga n’u Rwanda biba iby’ubusa
24 October 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Bubiligi bwegereye Qatar kugira ngo ibufashe kuzahura umubano n’u Rwanda, gusa ashimangira ko nta musaruro byatanze kuko iki gihugu kitagaragaza impinduka mu myitwarire.
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli
15 December 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame, kuri uyu wa 15 Ukuboza 2025, yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli.
-
Ibyo Abanyarwanda bifuza ni byinshi cyane - Perezida Kagame yahaye umukoro Abasenateri bashya
24 October 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yakiriye Indahiro z’Abasenateri batandatu binjiye muri Sena y’u Rwanda, barimo bane bashya na babiri bari basanzwemo, abaha umukoro wo kwita cyane ku nshingano zabo, bakibuka ko Abanyarwanda bakeneye byinshi kandi amikoro igihugu gifite akaba adahagije, bityo ko bakwiye kugira uruhare mu gutuma ibintu bikorwa neza.
-
Abayoboke miliyoni 1,5, amashuri 1300 n’ibitaro: Imyaka 100 y’Itorero Angilikani mu Rwanda
27 October 2025, by Igizeneza Jean DésiréImyaka 100 irihiritse Itorero Angilikani ry’u Rwanda ritangije ubutumwa mu rw’imisozi 1000. Hashize kandi imyaka irindwi riri mu biganza ya Musenyeri Laurent Mbanda kuko yasimbuye Onesphore Rwaje ku wa 17 Mutarama 2018.
-
Ibyatuma arara adasinziriye, igurwa rya BPR n’ikoreshwa rya AI: Mutesi Patience yabivuye imuzi
28 October 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa BPR Bank Rwanda Plc, Mutesi Patience, yagaragaje ko mu bintu bishobora gutuma arara adasinziriye, ari ibitero by’ikoranabuhanga bishobora kugabwa kuri banki.
-
Ivugururwa rya Stade Huye rikomeje kuba agatereranzamba
28 October 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraMu kwezi gutaha k’Ugushyingo kubura iminsi itatu gusa ngo gutangire, imirimo yo gushyira ikibuga gishya muri Stade ya Huye yakabaye irangira, ariko nta cyizere ko ibyo bizashoboka muri cyo gihe kuko ibyari ikibuga ubu ari imbuga.
IGIHE