Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ingingo y’ifungurwa ry’Ikibuga Mpuzamahanga cy’indege cya Goma ireba umutwe wa AFC/M23, ndetse ikwiriye kuganirwaho mu biganiro bya Doha biyihuza na Leta ya RDC.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe yavuze ku ifungurwa ry’Ikibuga cy’Indege cya Goma ryemerejwe i Paris
31 October 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
FDLR iracyari ikibazo gikomeye ku mutekano w’akarere - Minisitiri Nduhungirehe ku kanama k’Umutekano ka AU
29 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR uterwa inkunga na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari kimwe mu bibazo by’ingutu bitarabonerwa umuti kandi bibangamiye umutekano w’akarere.
-
Imyigarambyo irakomeje muri Tanzania, nta ngaruka ku Rwanda?
31 October 2025, by IGIHE“Ejo narahanyuze [muri Tanzania], nanyuze Kahama nsanga bari gutwika amapine. Arusha ho imihanda yari ifunze, ntabwo abantu batambukaga. Imihanda yari ifungishije amabuye.”
-
Impamvu igipimo Abanyarwanda bishimiraho umutekano cyagabanyutse ugereranyije n’indi myaka
1 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréUbushakashatsi ngarukamwaka ku miyoborere bwakozwe n’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, buzwi nka ‘Rwanda Governance Scorecard (RGS), bwagaragaje ko inkingi y’umutekano n’ituze ry’abaturage iri mu byishimirwa cyane kuko ifite amanota 90,02%, icyakora ni imibare mike ugereranyije n’imibare y’ubushize kuko ho byari kuri 93,82%.
-
Ibyo wamenya ku mikorere ya Military Police, umutwe ushinzwe imyitwarire muri RDF
1 November 2025, by IGIHEIgisirikare cy’u Rwanda kirimo ibyiciro binyuranye ariko byose bifite inshingano imwe yo gusigasira ubusugire bw’igihugu. Ibyo bikorwa n’Ingabo zirwanira ku butaka, izirwanira mu kirere, izirwanira mu mazi n’izindi. Uko cyubatswe, kirimo imitwe ifite imirimo yuzuzanya mu nyungu z’igihugu n’ituze ry’abagituye.
-
Ibintu bine bikomeje kubangamira amasezerano y’u Rwanda na RDC mu mboni za Nduhungirehe
1 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ingingo enye zishimangira ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kurenga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington D.C.
-
Ibitero byo kuri internet n’ahazaza h’ikoranabuhanga muri BNR: Ikiganiro na Ndengeyingoma Bertrand
3 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru ushinzwe Ikoranabuhanga na Inovasiyo muri Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), Ndengeyingoma Bertrand, yakomoje ku bitero by’ikoranabuhanga bishobora kwibasira urwego rw’imari, asaba Abanyarwanda kugira ubushishozi mu gihe ikoranabuhanga rikomeje guhindura urwego rw’imari.
-
Abanyasudani baba mu Rwanda bamaganye ubwicanyi bukomeje gukorerwa bagenzi babo mu Mujyi wa El Fasher
2 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAmbasaderi wa Sudani mu Rwanda, Khalid Musa Dafalla, yifatanyije n’Abanyasudani baba mu Rwanda mu kwamagana ubwicanyi bukomeje gukorerwa bene wabo mu Mujyi wa El Fasher, bukozwe n’Umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) uhanganye na Leta ya Sudani.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zose mu birori bisoza umwaka
30 December 2025, by IGIHEKu mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu birori byo kwishimira ibyo u Rwanda rwagezeho mu 2025, ashima uruhare rwa buri Munyarwanda mu gutuma igihugu gitekanye.
-
Uwambaye Ubunyarwanda agendana ubudahangarwa mu ngamba zose - Madamu Jeannette Kagame
3 November 2025, by Iradukunda SergeMadamu Jeannette Kagame yagaragaje ko gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yagize uruhare rukomeye mu rugendo igihugu kirimo rwo kwiyubaka, ashimangira ko umuntu urangwa n’Ubunyarwanda, nta kimunanira.
IGIHE