Ku mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu birori byo kwishimira ibyo u Rwanda rwagezeho mu 2025, ashima uruhare rwa buri Munyarwanda mu gutuma igihugu gitekanye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zose mu birori bisoza umwaka
30 December 2025, by IGIHE -
Uwambaye Ubunyarwanda agendana ubudahangarwa mu ngamba zose - Madamu Jeannette Kagame
3 November 2025, by Iradukunda SergeMadamu Jeannette Kagame yagaragaje ko gahunda ya ‘Ndi Umunyarwanda’ yagize uruhare rukomeye mu rugendo igihugu kirimo rwo kwiyubaka, ashimangira ko umuntu urangwa n’Ubunyarwanda, nta kimunanira.
-
Inkuba yakubise abantu 15 b’i Ngoma, icyenda bahita bapfa
4 January, by Theodomire MunyengabeAbantu 15 bakubiswe n’inkuba, icyenda bahita bapfa ubwo bari bugamye imvura yarimo igwa ibasanze mu bikorwa byo kwita ku matungo, mu Karere ka Ngoma.
-
Ubwicanyi muri Sudani, intwaro ziremereye n’umusanzu w’u Rwanda mu kibazo: Ikiganiro na Ambasaderi Khalid Musa
4 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAmbasaderi wa Sudani mu Rwanda, Khalid Musa Dafalla, yagaragaje uko ibintu bikomeje kujya ahabi muri Sudani kubera intambara imaze imyaka itatu ihanganishije ingabo za Leta n’umutwe wa Rapid Support Forces RSF, n’uburyo babona Perezida Paul Kagame abaye umuhuza ashobora gutanga igisubizo.
-
Perezida Kagame yeretse amahanga icyatumye iterambere ry’imibereho y’Abanyarwanda ryihuta
4 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yagaragarije Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma ko kugira ngo habeho impinduka nziza mu mibereho y’Abanyarwanda, hashyizwe imbere uruhare rwabo mu bikorwa no kubazwa inshingano ku buryo buri cyemezo gifashwe kiba kigamije guteza imbere ubuzima bw’abaturage.
-
Inganda z’u Rwanda zikomeje gukura: Umusaruro wazo wazamutseho 10,3%
5 January, by IGIHEImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, igaragaza ko Urwego rw’Inganda mu gihugu rwazamutseho 10,3% mu Ugushyingo 2025 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka wari wabanje mu gihe igipimo rusange cy’uburyo rwagiye ruzamuka cyari kuri 6,3% ku mwaka.
-
Ishoramari rya miliyari 300 Frw ku minara: Umuti uvugutirwa ibibazo bya Internet mu Rwanda
5 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko u Rwanda rukeneye iminara irenga 2500 yiyongera ku yo rusanganywe kugira ngo internet igezwe ku buso bwose bw’igihugu ku kigero cya 100%.
-
Minisitiri Bizimana yatamaje umuhungu wa Habyarimana wagerageje kweza Se
5 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yatamaje umwe mu bahungu ba Habyarimana Juvénal witwa Habyarimana Léon, wagerageje kweza ibikorwa bya se.
-
Abahanga ibishya mu Rwanda ni mbarwa: Ubushakashatsi bwabishyizeho umucyo
6 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteIsi ihinduka ku muvuduko munini ku buryo n’aho utuye urebye ibyari bikenewe mu myaka itanu ishize n’ibihari uyu munsi cyangwa ibihakenewe bisaba kuvugurura imikorere no guhanga serivisi n’ibicuruzwa bishya bihaza abaturarwanda, ariko ubushakashatsi ku guhanga ibishya bwagaragaje ko ibigo 53,5% ari byo byagerageje guhanga ibishya hagati ya 2022 na 2024.
-
Miliyari 79 Frw y’ingurane ku baturage ntizirishyurwa; amaherezo azaba ayahe?
7 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yagaragaje ko kugeza ubu hari ingurane z’abaturage zituruka ku mitungo yabo yangijwe mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga itandukanye zirenga miliyari 79 Frw zitarishyurwa.
IGIHE