Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko inzu 6.973 z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye zikeneye kubakwa bushya, mu gihe izirenga 29.732 zikenewe gusanwa.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Inzu zirenga 6.900 z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi zikenewe kubakwa bushya
11 November 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Babiri bakomeje kuba kidobya mu kuzahura umubano w’u Rwanda n’u Burundi
13 January, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko abayobozi babiri bo mu Burundi ari bo bari gutuma kuzahura umubano w’ibihugu byombi bigorana.
-
Kuvugurura imiturire, inzu zihendutse; Ibikubiye muri Politiki y’imitunganyirize y’imijyi mu Rwanda
11 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko Politiki y’igihugu y’imitunganyirize y’imijyi mu Rwanda ivugururuye yerekana ko igihugu cyahisemo inzira yo kuvugurura imiturire no gukemura ikibazo gishingiye ku kubona amacumbi yifuzwa bijyanye n’icyerekezo cya 2025.
-
Urugendo rwa Perezida Kagame muri Guinée mu gutangiza umushinga w’ubucukuzi bwa Iron Ore ruhatse iki?
12 November 2025, by IGIHEImirimo yo gucukura amabuye y’ubutare ari mu akenewe cyane ku Isi mu mushinga witwa Simandou Iron Ore ukorerwa mu Majyepfo ya Guinée irarimbanyije. Ni umwe mu mishinga ikomeye ku Isi, kuko ni wo mugari mu bucukuzi bw’amabuye ya Iron Ore, akorwamo ibyuma.
-
Madamu Jeannette Kagame yashimye uburezi budaheza butangwa na Kepler College
12 November 2025, by Léonidas MuhireMadamu Jeannette Kagame yatangaje ko umusanzu wa Kepler College mu gutanga uburezi budaheza by’umwihariko kwigisha impunzi n’abafite ubumuga ushimangira icyerekezo cy’u Rwanda cyo guha ikaze buri wese no gushyira imbere imiyoborere yubakiye ku bumuntu.
-
Perezida Kagame yamaze impungenge abatekereza ko AI izabatwara akazi
12 November 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yamaze impungenge abatekereza ko inkundura y’imikoreshereze y’ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) izabasiga badafite akazi, asaba abo ku mugabane wa Afurika kurikoresha neza kuko rishobora kwihutisha iterambere ryabo.
-
Perezida Kagame yakiriye Amb. Eric Kneedler urangije inshingano ze
13 January, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye muri Villlage Urugwiro, Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, amusezeraho kuko arangije inshingano ze.
-
Leta yatanze ibyumweru bibiri: Ikibazo cya moto za Spiro gihagaze gute? Umuti uraba uwuhe?
14 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yerekanye ko yinjiye mu kibazo cya moto z’amashanyarazi z’uruganda Spiro, zimaze igihe zishinjwa ibibazo bitandukanye bijyanye n’ubuziranenge bwazo, yemeza ko hagomba kuboneka igisubizo kirambye kandi gifatika mu gihe cya vuba.
-
Ibiremo mu mihanda yacu ntabwo ari imitako myiza-Impungenge z’Abadepite ku buziranenge bw’imihanda
14 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbadepite bagize Komisiyo Ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje impungenge bafite ku mihanda yubakwa ariko igatangira gusanwa nyuma y’imyaka mike imaze kubakwa.
-
Re-Banatex ikora imyenda mu mitumba y’insina yegukanye miliyoni 50 Frw muri Hanga Pitchfest
14 November 2025, by Uwimana AbrahamSosiyete yitwa Re-Banatex ikora ibitambaro bivamo imyenda, inkweto, ibikapu n’ibindi bikoresho bitandukanye, yegukanye irushanwa rya Hanga Pitchfest 2025 ryabaga ku nshuro ya gatanu, ihembwa miliyoni 50 Frw.
IGIHE