Muri Mutarama 2020, ubwo Umunyamerika Jonathan Shafer n’umuryango we bageraga i Kigali, amezi make mbere y’uko ibintu bidogera ku Isi bitewe na COVID-19, ntiyari azi ko u Rwanda rugiye kumuhindurira ubuzima mu buryo budasanzwe, rugahinduka iwabo ha kabiri.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwatunguye Umunyamerika, arushoramo imari mu nyubako, amashanyarazi, anashinga ikipe
15 November 2025, by Uwimana Abraham -
Minisitiri Bizimana yanenze icyemezo cy’urukiko rwa Loni cyo kutohereza Kabuga mu Rwanda
15 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, yanenze icyemezo cy’Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rushinzwe imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha mpuzamahanga, IRMCT, cyo kutohereza Kabuga Félicien mu Rwanda.
-
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
14 January, by Iradukunda SergeU Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe n’ikiza cy’inkubi y’umuyaga yiswe ‘Melissa’ iherutse kucyibasira.
-
Yahungiye mu Rwanda intambara yo muri Ukraine, ahashora imari mu buhinzi-bworozi: Inkuru itangaje ya Richi
16 November 2025, by Uwimana AbrahamKuva muri Gashyantare 2022 ubwo u Burusiya bwagabaga igitero kuri Ukraine hagatangira intambara hagati y’ibyo bihugu by’ibituranyi, Abanya-Ukraine benshi bavuye mu byabo barahunga, bamwe bahungira bugufi abandi bajya kure. Icyo gihe ni bwo na Shodzha Aldin Rashyd, umugore we n’abana babo babiri b’abakobwa b’impanga bari baherutse kubyara, bahunze bajya muri Espagne.
-
U Rwanda rwagaragaje icyizere ku mahame aganisha ku iherezo ry’amakimbirane muri RDC
15 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igikorwa cyo gusinya amahame shingiro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23, azagenderwaho hategurwa amasezerano y’amahoro ari intambwe ikomeye iganisha ku gukemura impamvu-muzi y’amakimbirane yayogoje u Burasirazuba bwa RDC.
-
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Doumbouya wa Guinée
16 January, by IGIHEPerezida Paul Kagame yageze i Conakry ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026 aho yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we Mamadi Doumbouya watsinze amatora yo mu Ukuboza 2025.
-
Ibiri mu ndiba y’amahame shingiro Leta ya RDC na AFC/M23 byasinye
16 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereIntumwa z’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro AFC/M23 ku wa 15 Ugushyingo 2025 zashyize umukono ku mahame shingiro yitezweho gufasha uburasirazuba bw’iki gihugu kubona amahoro arambye. Ni intambwe yatewe bigizwemo uruhare rukomeye na Leta ya Qatar, Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.
-
Akazi ka Leta kabonwa n’uwo zereye?
19 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMu mashuri yigisha ubumenyi rusange abenshi biga bashaka kuzabona akazi ka Leta, abatekereza kwikorera baba ari mbarwa kubera kutagira igishoro. Imibare ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta igaragaza ko Abanyarwanda barenga miliyoni basabye Leta akazi, gahabwa abarenga 3000.
-
Uko Umubiligi Filip Reyntjens na Ngeze Hassan bacuze umugambi wo kugereka indege ya Habyarimana kuri FPR
18 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène yatangaje ko Filip Reyntjens ukunda kumvikana ashyira imbere ingengabitekerezo ya Jenoside, yakoranaga bya hafi na Ngeze Hassan wayoboraga Ikinyamakuru Kangura cyakwirakwije urwango ku Batutsi ndetse banacura umugambi w’ikinyoma wo kubeshyera FPR Inkotanyi ko yagize uruhare mu guhanura indege ya Juvénal Habyarimana.
-
Amasezerano ya Arsenal na Visit Rwanda ntazongerwa nyuma ya Kamena 2026
19 November 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Philbert GirinemaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko ku bwumvikane, amasezerano rwari rufitanye na Arsenal binyuze muri Visit Rwanda, azarangira muri Kamena 2026, bivuze ko nyuma y’icyo gihe atazongerwa.
IGIHE