Byagusaba iki, uramutse ugiye mu Murwa Mukuru wa Kazakhstan, Astana, igihugu kirajwe ishinga no gutsura umubano n’u Rwanda? Byaterwa n’igihe ugiriyeyo kuko nko mu mpera za Gicurasi, nta bukonje cyangwa ubushyuhe bwinshi buba buhari, gusa hagati y’Ugushyingo na Werurwe, ubukonje muri uyu Mujyi buba buri ku kigero gishobora kugera kuri dogere Celcius 30 munsi ya zeru, cyane cyane mu ijoro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Chameleone, Dr Claude na Senderi baririmbye mu birori bya APR FC yashyikirijwe Igikombe cya Shampiyona (Amafoto)
28 May 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Igihugu cyababaye, kizanzamuka bigoranye: Tujyane muri Kazakhstan (Amafoto)
30 May 2025, by Ndahayo Emmanuel -
Madamu Jeannette Kagame yasangiye n’abana barenga 300 ibyishimo by’iminsi mikuru (AMAFOTO)
22 December 2024, by Uwimana Abraham , Zigiranyirazo BajecteurMadamu Jeannette Kagame yakiriye abana barenga 300 baturutse hirya no hino mu gihugu, basangira ibyishimo byo gusoza umwaka no kubifuriza Umwaka Mushya Muhire wa 2025.
-
Banki y’Isi yahaye u Rwanda miliyari 355 Frw
25 December 2024, by Ndahayo EmmanuelBanki y’Isi yahaye u Rwanda arenga miliyari 355 Frw azifashishwa mu guteza imbere ibikorwa by’ishoramari ry’abikorera ariko rirengera ibidukikije, mu rugendo rw’u Rwanda rwo kubaka iterambere ritangiza ibidukikije.
-
Twahirwa Séraphin uherutse guhamywa ibyaha bya Jenoside yapfuye
28 December 2024, by IGIHETwahirwa Séraphin wari uherutse gukatirwa n’Urukiko rwo mu Bubiligi igifungo cya burundu nyuma yo guhamywa ibyaha bya Jenoside, yapfuye aguye mu bitaro bya Saint-Luc biri i Bruxelles.
-
Niyigena Clément yatowe nk’Umukinnyi Mwiza wa Shampiyona y’u Rwanda ya 2024/25; uko igikorwa cyagenze (Amafoto)
30 May 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraMyugariro wa APR FC, Niyigena Clément, yatowe nk’Umukinnyi Mwiza wa Shampiyona y’u Rwanda ya 2024/25 mu birori byabereye muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 30 Gicurasi 2025.
-
Musore Prince yasinyiye Rayon Sports, Iraguha Hadji na Bugingo Hakim muri APR FC: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Gatandatu
7 June 2025, by IGIHEAPR FC na Rayon Sports zizahagararira u Rwanda mu marushanwa Nyafurika ya 2025/26 ni zo zikomeje kugarukwaho cyane ku isoko ry’abakinnyi bashya mu Rwanda, dore ko zigomba gutanga urutonde rw’ibanze muri CAF. Ese ziri kwiyubaka gute?
-
Imikoranire mu by’ibyogajuru, ishoramari n’ikoranabuhanga mu buvuzi: Amb Kimonyo ku mubano w’u Rwanda n’u Bushinwa
9 June 2025, by Mugisha ChristianUyu mwaka wa 2025 uzasiga umubano w’u Rwanda n’u Bushinwa umaze imyaka 54. Ni mubano ushingiye ku bufatanye, ubwubahane no gushyigikirana, washibutsemo iterambere ku batuye ibihugu byombi.
-
Umweyo muri Police FC, Sosthène hanze ya Musanze FC, APR FC irifuza Diarra w’Umunya-Burkina Faso: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Mbere
9 June 2025, by IGIHEUmunsi umwe mbere y’uko amakipe yo mu Rwanda atangira kwandikisha abakinnyi bashya, amwe muri yo akomeje gushaka abo azifashisha mu mwaka w’imikino utaha. Ni mu gihe Police FC yatandukanye n’Umutoza Mashami Vincent ndetse n’abakinnyi bane.
-
Ni intsinzi y’ubutabera - Minisitiri Bizimana ku baregwa Jenoside baburanishirizwa mu mahanga
22 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yatangaje ko imanza ziburanishwamo ba ruharwa bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda bagahungira mu mahanga bazi ko batazayiryozwa, iyo zifashweho icyemezo iba ari intsinzi y’ubutabera.
IGIHE