Nyuma y’imyaka umunani Arsenal ikorana n’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, amasezerano azashyirwaho akadomo muri Kamena 2026 ubwo umwaka w’imikino wa 2025/26 uzaba urangiye. Ibyo bivuze ko iyi kipe iyoboye Shampiyona y’u Bwongereza itazongera kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda mu buryo bumwe cyangwa ubundi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Icyerekezo gishya cya Visit Rwanda nyuma yo gutandukana na Arsenal
19 November 2025, by Philbert Girinema -
RSSB yamuritse Umudugudu wa Heza Estate ugizwe n’inzu zirenga 540 (Amafoto na Video)
6 May, by Igizeneza Jean DésiréImirimo yo kubaka inzu 548 zo mu mushinga wa Heza Estate igeze kuri 90%, ndetse zamaze kubona umubare munini w’abaziyandikishaho bagaragaza ko bazazigura.
-
Ibigo by’amashuri bigera ku 1500: Imyaka 125 ya Kiliziya Gatolika mu burezi bw’u Rwanda
20 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMu 1900 ni bwo Kiliziya Gatolika yageze mu Rwanda, izanywe n’Abamisiyoneri baherekejwe n’Abakatejisite b’Abanya-Uganda kuva icyo gihe iyogezabutumwa bwa Yezu Kirisitu riratangira. I Save ni ho yashinze ibirenge bwa mbere, ndetse ku isoko yayo uhasanga ibigo by’amashuri abanza, ayisumbuye yabaye ubukombe, na kaminuza yose ya Kiliziya Gatolika.
-
Inyungu fatizo ya BNR yagumishijwe kuri 6,75%
20 November 2025, by IGIHEBanki Nkuru y’Igihugu yagumishije urwunguko rwayo kuri 6,75%, igipimo rumazeho amezi atatu, ndetse itangaza ko yizeye ko uyu mwanzuro uzatuma umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko uguma mu mbago za 2% na 8% nk’ikigero cyiyemejwe, kandi bigatuma ubukungu bukomeza kuzamuka nta nkomyi.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Dr. Sidi Ould Tah uyobora AfDB
17 January, by IGIHEPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Dr. Sidi Ould Tah, Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere baganira ku mikoranire ihamye irangwa hagati y’impande zombi n’ubufatanye bukomeje mu gushyigikira gahunda y’u Rwanda y’iterambere n’iterambere rirambye.
-
Intumwa z’u Rwanda na RDC zatangiye kuganira ku isenywa rya FDLR
21 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteInama ya kane y’urwego rw’umutekano ruhuriweho n’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo [JSCM], yaganiriye ku cyiciro cya kabiri cy’ibikorwa bigamije kubahiriza amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC harimo n’ingingo yo gusenya FDLR.
-
Minisitiri Nduhungirehe yihanije Muyaya washinje u Rwanda ubujura
17 January, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yihanije Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo washinje Ingabo z’u Rwanda n’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23 ubujura.
-
Emir wa Qatar yashimiye Perezida Kagame gushyigikira gahunda z’amahoro mu karere
21 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al-Thani, yashimiye Perezida Paul Kagame umuhate akomeje gushyira mu gushyigikira gahunda z’amahoro zigamije gufasha akarere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari.
-
Ubutumwa bwa Perezida Kagame kuri Museveni wegukanye intsinzi muri Uganda
19 January, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yashimye Yoweri Kaguta Museveni ku ntsinzi aherutse kwegukana mu matora y’umukuru w’igihugu, amwizeza gukomeza umubano n’ubutwererane hagati y’u Rwanda na Uganda.
-
Gahunda za OIF ku Rwanda no guhugura urubyiruko ibihumbi 100 mu ikoranabuhanga-Mushikiwabo yabisobanuye
22 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko mu myaka amaze ayobora uyu muryango, hashyizweho gahunda zigamije gufasha urubyiruko kubona akazi, iterambere ry’abagore no kwigisha Igifaransa mu bihugu bitandukanye kandi byose bigenda neza.
IGIHE