Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa, OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko mu myaka amaze ayobora uyu muryango, hashyizweho gahunda zigamije gufasha urubyiruko kubona akazi, iterambere ry’abagore no kwigisha Igifaransa mu bihugu bitandukanye kandi byose bigenda neza.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Gahunda za OIF ku Rwanda no guhugura urubyiruko ibihumbi 100 mu ikoranabuhanga-Mushikiwabo yabisobanuye
22 November 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Dutemberane umushinga w’urugomero ruzabyara ikiyaga kinini kizaba gitanga amashanyarazi (Amafoto na Video)
23 November 2025, by Léonidas MuhireMu myaka ibiri n’amezi make ari imbere, u Rwanda ruzaba rwungutse ikiyaga cya 41 kizaba ari icya kane mu bunini mu gihugu nyuma y’icya Kivu, Burera n’icya Ruhondo.
-
Avoka zageze kuri toni 4200: Ibyafashije u Rwanda kwinjiza miliyari 125 Frw bikomotse ku mboga n’imbuto
23 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréImibare y’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), igaragaza ko mu 2024/25 u Rwanda rwinjije miliyoni 86,2$ (125 Frw) avuye ku mboga n’imbuto byoherejwe mu mahanga.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Touadéra wa Centrafrique uri mu ruzinduko mu Rwanda
24 November 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yahuye na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin Archange Touadéra, uri mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda, baganira ku bufatanye busanzweho hagati y’ibihugu byombi, ndetse n’uburyo bwo kurushaho kwagura imikoranire mu nzego zitandukanye.
-
Perezida Kagame yakurikiranye umukino wa nyuma wa AFCON, ashima Sénégal
19 January, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yakurikiranye imbona nkubone umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika cya 2025, ashimangira ko Sénégal yegukanye igikombe ibikwiriye.
-
Kongera umushahara w’umwavoka n’umwihariko mu butabera bahabwa: Umuti w’ibibazo by’abana bafungwa
24 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuNyuma yo kubona ko mu butabera buhabwa abana mu Rwanda hakirimo ibitaranozwa, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yatangiye gutegura amabwiriza agamije gufasha abari mu runana rw’ubutabera kunoza ubuhabwa abana.
-
Umushinga w’umuhanda wa gari ya moshi uhuriweho n’u Rwanda n’ibindi bihugu, ugiye gusubukurwa
24 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmushinga wo kubaka umuhanda ugezweho wa gari ya moshi n’uw’umuyoboro w’ibikomoka kuri peteroli uhuza u Rwanda n’ibindi bihugu byo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba ushobora gusubukurwa mu ntangiriro za 2026.
-
Umutungo wa RSSB wageze kuri miliyari 3000,2 Frw mu 2025
20 January, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, Regis Rugemanshuro, yatangaje ko umwaka wa 2025 usize umutungo wayo wikubye kabiri mu myaka itanu ishize ugera kuri miliyari 3000,2 Frw.
-
Imyaka 12 arinda abayobozi ba FDLR ari n’umuvugabutumwa muri ADEPR: Ubuhamya bwa Lt Col Mpakaniye
25 November 2025, by Léonidas MuhireLt Col Mpakaniye Emillien uherutse gusoza amasomo amusubiza mu buzima busanzwe mu kigo cya Mutobo, yavuze uburyo yinjijwe mu mutwe w’iterabwoba wa FDLR awubamo umusirikare urinda abayobozi bakuru abifatanya no kuba umuvugabutumwa, kugeza ubwo yagarurwaga mu Rwanda.
-
Umunsi Leta ya Habyarimana yashatse kwica Museveni
20 January, by Jean de Dieu TuyizereInyandiko y’iperereza yagaragaje ko ubutegetsi bwa Juvénal Habyarimana bwashatse kwica Perezida Yoweri Kaguta Museveni, nyuma y’aho ingabo za RPA-Inkotanyi zitangije urugamba rwo kubohora u Rwanda mu 1990.
IGIHE