Inyandiko y’iperereza yagaragaje ko ubutegetsi bwa Juvénal Habyarimana bwashatse kwica Perezida Yoweri Kaguta Museveni, nyuma y’aho ingabo za RPA-Inkotanyi zitangije urugamba rwo kubohora u Rwanda mu 1990.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umunsi Leta ya Habyarimana yashatse kwica Museveni
20 January, by Jean de Dieu Tuyizere -
Ibyo wamenya kuri gahunda y’u Rwanda yo gusaranganya amashanyarazi n’ibindi bihugu
26 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko u Rwanda rukomeje kwifatanya n’ibihugu by’akarere mu gusangira ibikorwaremezo by’amashanyarazi, yemeza ko n’umuyoboro mushya uhuza u Rwanda n’u Burundi unyuze mu Karere ka Huye wamaze kuzura.
-
Impunzi z’Abarundi zirenga 100 zari mu Rwanda zatashye
25 November 2025, by Léonidas MuhireImpunzi z’Abarundi 115 ziganjemo izabaga mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe kuva mu 2015 zatashye zinyuze ku Mupaka wa Nemba mu Karere ka Bugesera.
-
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?
23 January, by IGIHEIbihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri Board of Peace, urwego rushya rwashyizweho na Perezida Donald Trump aho nibura 20 muri byo byamaze kubwemera.
-
Miliyari 145 Frw zigiye gushorwa mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda
27 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréNyuma y’imyaka itatu n’igice y’ibikorwa bihambaye, Trinity Metals igiye gushora miliyoni 100$ (arenga miliyari 145 Frw) mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ikube hafi kabiri umusaruro ibona.
-
Minisitiri Nduhungirehe yashimangiye ko amahoro azaboneka FDLR nisenywa
26 November 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko amahoro arambye azaboneka mu karere k’Ibiyaga Bigari mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR uzaba umaze gusenywa.
-
Ubushomeri mu rubyiruko bwageze kuri 14,1%
23 January, by Isabwe FabiolaRaporo nshya ku bijyanye n’umurimo mu Rwanda (Labour Force Survey), y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko mu gihembwe cya Kane cy’umwaka wa 2025 ubushomeri mu rubyiruko bwagabanyutseho 3% ugereranyije n’uko byari bimeze mu gihembwe nk’icyo 2024.
-
U Rwanda rukeneye megawati zirenga 3000 z’amashanyarazi; Ingufu za nucléaire zizaba igisubizo?
28 November 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yatangaje ko u Rwanda rukeneye gutunganya umuriro w’amashanyarazi ungana na megawati zirenga 3000 uvuye kuri 447 rutunganya.
-
Sosiyete zo mu Rwanda zirenga 2000 zinjiza ari hejuru ya miliyari 1 Frw ku mwaka
27 November 2025, by Iradukunda SergeIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko umwaka wa 2024 warangiye mu Rwanda hari ibigo by’ubucuruzi 2.290 byinjiza miliyari 1 Frw ku mwaka.
-
Urunturuntu hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umuyobozi w’Ishyaka CNDD-FDD
24 January, by Musangwa ArthurUbuyobozi bwo mu ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi bushobora guhinduka ku wa 25 Mutarama 2025 mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba hagati yabwo na Perezida Evariste Ndayishimiye.
IGIHE