Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro bihuriza intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu cyerekezo cyiza cy’amahoro arambye mu karere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yagaragaje ko ibiganiro bya Washington biri mu cyerekezo cyiza
27 November 2025, by Jean de Dieu Tuyizere -
Brig Gen Godfrey Gasana yagizwe Umupilote wa Perezida
25 January, by IGIHEPerezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga yagize Brig Gen Godfrey Gasana, Umupilote wihariye wa Perezida, imirimo azajya afatanya no kuba Umujyanama wa Minisitiri w’Ingabo mu bijyanye n’imikorere y’umutwe w’Ingabo zirwanira mu kirere.
-
Perezida Kagame yerekanye ubufatanye bw’umuryango wa Habyarimana na Tshisekedi mu gushyigikira FDLR
27 November 2025, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yatangaje ko umuryango wa Juvénal Habyarimana wayoboye u Rwanda kuva mu 1973 kugeza muri Mata 1994 wifatanya n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gushyigikira umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Ibikomoka ku buhinzi byinjirije u Rwanda miliyoni 13,9$ mu cyumweru kimwe
26 January, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), cyatangaje ko ibicuruzwa u Rwanda rwohereje mu mahanga hagati y’itariki 19-23 Mutarama 2026 byinjije 13.947.661$ ni ukuvuga arenga miliyari 20 Frw.
-
Macron yigeze avuga kuri FDLR?-Perezida Kagame ku Banyaburayi bashaka ikibuga cy’indege cya Goma
27 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko ibihugu by’i Burayi byifuza ko ikibuga cy’indege cya Goma gifungurwa byirengagije ko ikirere cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifunze, ndetse hari n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera mu Burasirazuba bw’iki gihugu ukanateza umutekano muke mu karere.
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi wa Kaminuza ya Yonsei
27 January, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yakiriye mu biro bye Perezida wa Kaminuza ya Yonsei, Prof. Dong-Sup Yoon n’itsinda bari kumwe, bagirana ibiganiro byibanze ku gushimangira umubano hagati y’u Rwanda n’iyo kaminuza.
-
Iyo biba njye nta rusengero na rumwe nafungura - Perezida Kagame ku nsengero zidakomorerwa
27 November 2025, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Kagame yatangaje ko ari we ufata umwanzuro ku nsengero zitandukanye zafunzwe mu bihe byashize atakongera kuzifungura, ahubwo abantu bagashishikarizwa gukora kuko mu nsengero higanjemo ububandi.
-
Brig Gen Nyirubutama yagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika
29 January, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yashyize mu myanya abayobozi batandukanye, barimo Brig Gen Jean Paul Nyirubutama wagizwe Umujyanama Mukuru Wungirije mu by’Umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
-
Perezida Kagame n’abarimo Gnassingbé wa Togo baganiriye ku bibazo bya RDC
30 January, by Ntabareshya Jean de Dieu, Iradukunda SergeKuri uyu wa Gatanu, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé usanzwe ari n’umuhuza washyizwe n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) mu kibazo cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
27 November 2025, by Iradukunda SergePerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu bibazo biri mu mubano warwo n’u Burundi, ashimangira ko u Burundi ari bwo bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yo ku butaka.
IGIHE