Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku Kimenyetso cy’Ubutwari kiri ku Gicumbi cy’Intwari z’Igihugu i Remera mu Mujyi wa Kigali, baranazunamira mu rwego rwo kuziha icyubahiro no kuzirikana ibikorwa zakoreye u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’Igihugu (Amafoto)
1 February, by Léonidas Muhire -
Ibirarane by’imisoro abantu babereyemo RRA byageze kuri miliyari 725 Frw
30 November 2025, by Igizeneza Jean DésiréImibare ikubiye muri raporo ya RRA y’umwaka 2024/25, ku bijyanye n’imisoro mu Rwanda, igaragaza ko ibirarane by’abataratanze imisoro byageze kuri miliyari 725,3 Frw, ndetse ababirimo bageze ku bantu 374.175.
-
Perezida Kagame yasezeye kuri Ambasaderi wa Portugal mu Rwanda usoje inshingano
7 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Ambasaderi wa Portugal mu Rwanda, Luisa Maria Machado da Palma Fragoso, usoje inshingano ze.
-
Inote zishaje za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw na 5000 Frw zahagaritswe: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
28 November 2025, by Uwimana AbrahamInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, yemeje Iteka rya Perezida rikuraho inoti zishaje za 500 Frw, inoti za 1000 Frw, inoti za 2000 Frw n’inoti za 5000 Frw, ndetse yemeza umushinga w’itegeko rigenga Banki Nkuru y’u Rwanda, inashyira mu myanya abayobozi batandukanye muri Minisiteri n’ibigo bya Leta bitandukanye.
-
Abarangiza amasomo mu by’ubuvuzi bikubye kane mu 2025
7 February, by Tuyishimire Umutesi CelineMinisiteri y’Ubuzima yatangaje abantu barangije amasomo yerekeye ubuvuzi binjiye mu kazi bikubye kane ugereranyije n’abakinjiragamo mbere ya 2024, kuko bageze kuri 6400 mu 2025.
-
U Rwanda mu bihugu bya mbere ku Isi bifite abaturage birunduriye mu madini
29 November 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineU Rwanda ni kimwe mu bihugu byo munsi y’Ubutayo bwa Sahara bifite abaturage birundiriye mu madini, dore ko ruza ku mwanya wa cyenda mu bihugu bifite abaturage benshi bizerera mu madini cyane.
-
Centrafrique yinjije mu ngabo abasirikare bashya 545 batojwe na RDF
29 November 2025, by IGIHEIngabo za Repubulika ya Centrafrique (FACA) zinjije ku mugaragaro abasirikare bashya 545 barangije amahugurwa yabo y’ibanze ya gisirikare bahawe n’abarimu b’Ingabo z’u Rwanda (RDF).
-
Brig. Gen Gakwerere ari he?
9 February, by Ntabareshya Jean de Dieu, Jean de Dieu TuyizereUmushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, yatangaje ko Brig. Gen Gakwerere Ezechiel wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’umutwe w’iterabwoba wa FDLR akiri mu maboko y’inzego z’umutekano, kandi ko hari gahunda yo kumushyikiriza ubutabera kugira ngo aburanishwe.
-
Bisi ntizizongera guhagarara iminota 10 muri gare; imaramatsiko ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi i Kigali
29 November 2025, by Léonidas MuhireInama y’Amaminisitiri yateranye ku itariki 28 Ugushyingo 2025 yemeje uburyo bushya bwo gutwara abagenzi buzatangira mu Mujyi wa Kigali bigizwemo uruhare n’ikigo cya Leta cyitwa Ecofleet Solutions kizaba gishinzwe imikorere y’imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange. Imodoka zizajya zimara iminota itarenze 10 muri gare, zihite zihagurukana abagenzi zifite
-
Kuri iyi Si nta bihano byatubuza kurinda imipaka yacu- Minisitiri Nduhungirehe
12 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nta bihano bishobora kubuza u Rwanda kurinda imipaka yarwo mu gihe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufite umugambi wo kuruhunganya.
IGIHE