U Rwanda rukataje mu kwifashisha ingufu za nucléaire hagamijwe icyiza, nko mu mashanyarazi, ubuvuzi n’ibindi, aho ruri gufatanya n’ibigo bitandukanye bizobereye muri uru rwego.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibyo wamenya ku buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire buzatangizwa mu Rwanda mu 2026
1 December 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda
13 February, by Jean de Dieu TuyizereUmuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, imiyoborere na dipolomasi, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe icyemezo cyo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, kugira ngo ingabo z’u Rwanda zitazajya kuwusenyera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Impanuka zo mu muhanda zahitanye abarenga 2900 mu myaka ine
1 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKomisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano muri Sena y’u Rwanda yerekanye ko imyitwarire y’abatwara ibinyabiziga mu muhanda iri mu biteza impanuka yiganjemo abatwara ibinyabiziga barengeje umuvuduko, abarangaye n’abatwara imodoka basinze byanatumye impanuka zirenga ibihumbi 41, zihitana ubuzima bw’abantu 2907.
-
Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados
14 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yashimiye Mia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, yongera gushimangira umubano ukomeye uri hagati y’ibihugu byombi.
-
Amayeri Fulgence Kayishema akoresha ngo atoherezwa mu Rwanda
1 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyarwanda Fulgence Kayishema ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuva yafatirwa muri Afurika y’Epfo muri Gicurasi 2023, akomeje gukora ibishoboka kugira ngo atoherezwa kuburanishirizwa mu Rwanda.
-
Kwiyuhagira buri munsi, guca inzara no koza amenyo kabiri ku munsi: Amabwiriza mashya y’isuku ku Banyarwanda
2 December 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ubuzima yashyize hanze amabwiriza yerekeye isuku n’isukura, akubiyemo ingingo zitandukanye z’ibyo abaturarwanda bakwiriye kubahiriza birimo kwiyuhagira umubiri wose nibura rimwe ku munsi, gusukura inzara no koza amenyo kabiri ku munsi.
-
MINAGRI yabonye abayobozi bashya, Dr. Usta Kayitesi asimbura Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet
1 December 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Dr. Telesphore Ndabamenye yagizwe Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, mu gihe Dr. Usta Kayitesi yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, asimbuye Gen (Rtd) James Kabarebe wagizwe Umujyanama Mukuru mu by’umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
-
Zahabu u Rwanda rutunganya yageze kuri toni 2,5 ku kwezi, rwinjira mu ikoreshwa rya ‘robots’ mu bucukuzi
3 December 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu myaka 96 ishize ibikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro bitangiye mu Rwanda, uru rwego rumaze kugira uruhare rukomeye mu bukungu bwarwo. Ubu ruha akazi abarenga ibihumbi 92, rukiharira 3% by’umusaruro mbumbe w’igihugu. Mu mwaka ushize rwinjije miliyari miliyari 1,7$ avuye kuri miliyoni 373$ mu 2017.
-
Urwego rw’abikorera, Inzego z’ibanze na REG ku isonga y’ibyamunzwe na ruswa mu 2025
3 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025, bwagaragaje ko mu nzego zagaragayemo ruswa cyane muri uyu mwaka ziganjemo Urwego rw’Abikorera, Inzego z’ibanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, REG.
-
U Rwanda rwasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo muri RDC bitagira uruhare mu buhuza
14 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bitagira uruhare mu buhuza.
IGIHE