Inama y’Amaminisitiri yateranye ku itariki 28 Ugushyingo 2025 yemeje uburyo bushya bwo gutwara abagenzi buzatangira mu Mujyi wa Kigali bigizwemo uruhare n’ikigo cya Leta cyitwa Ecofleet Solutions kizaba gishinzwe imikorere y’imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange. Imodoka zizajya zimara iminota itarenze 10 muri gare, zihite zihagurukana abagenzi zifite
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Bisi ntizizongera guhagarara iminota 10 muri gare; imaramatsiko ku buryo bushya bwo gutwara abagenzi i Kigali
29 November 2025, by Léonidas Muhire -
Kuri iyi Si nta bihano byatubuza kurinda imipaka yacu- Minisitiri Nduhungirehe
12 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nta bihano bishobora kubuza u Rwanda kurinda imipaka yarwo mu gihe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hari umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufite umugambi wo kuruhunganya.
-
Ibyo wamenya ku buvuzi bwifashisha ingufu za nucléaire buzatangizwa mu Rwanda mu 2026
1 December 2025, by Igizeneza Jean DésiréU Rwanda rukataje mu kwifashisha ingufu za nucléaire hagamijwe icyiza, nko mu mashanyarazi, ubuvuzi n’ibindi, aho ruri gufatanya n’ibigo bitandukanye bizobereye muri uru rwego.
-
AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda
13 February, by Jean de Dieu TuyizereUmuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, imiyoborere na dipolomasi, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe icyemezo cyo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, kugira ngo ingabo z’u Rwanda zitazajya kuwusenyera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Impanuka zo mu muhanda zahitanye abarenga 2900 mu myaka ine
1 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuKomisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano muri Sena y’u Rwanda yerekanye ko imyitwarire y’abatwara ibinyabiziga mu muhanda iri mu biteza impanuka yiganjemo abatwara ibinyabiziga barengeje umuvuduko, abarangaye n’abatwara imodoka basinze byanatumye impanuka zirenga ibihumbi 41, zihitana ubuzima bw’abantu 2907.
-
Perezida Kagame yashimiye Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados
14 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yashimiye Mia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, yongera gushimangira umubano ukomeye uri hagati y’ibihugu byombi.
-
Amayeri Fulgence Kayishema akoresha ngo atoherezwa mu Rwanda
1 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereUmunyarwanda Fulgence Kayishema ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kuva yafatirwa muri Afurika y’Epfo muri Gicurasi 2023, akomeje gukora ibishoboka kugira ngo atoherezwa kuburanishirizwa mu Rwanda.
-
Kwiyuhagira buri munsi, guca inzara no koza amenyo kabiri ku munsi: Amabwiriza mashya y’isuku ku Banyarwanda
2 December 2025, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ubuzima yashyize hanze amabwiriza yerekeye isuku n’isukura, akubiyemo ingingo zitandukanye z’ibyo abaturarwanda bakwiriye kubahiriza birimo kwiyuhagira umubiri wose nibura rimwe ku munsi, gusukura inzara no koza amenyo kabiri ku munsi.
-
MINAGRI yabonye abayobozi bashya, Dr. Usta Kayitesi asimbura Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet
1 December 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, aho Dr. Telesphore Ndabamenye yagizwe Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, mu gihe Dr. Usta Kayitesi yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, asimbuye Gen (Rtd) James Kabarebe wagizwe Umujyanama Mukuru mu by’umutekano muri Perezidansi ya Repubulika.
-
Zahabu u Rwanda rutunganya yageze kuri toni 2,5 ku kwezi, rwinjira mu ikoreshwa rya ‘robots’ mu bucukuzi
3 December 2025, by Igizeneza Jean DésiréMu myaka 96 ishize ibikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro bitangiye mu Rwanda, uru rwego rumaze kugira uruhare rukomeye mu bukungu bwarwo. Ubu ruha akazi abarenga ibihumbi 92, rukiharira 3% by’umusaruro mbumbe w’igihugu. Mu mwaka ushize rwinjije miliyari miliyari 1,7$ avuye kuri miliyoni 373$ mu 2017.
IGIHE