Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (Rwanda Mining Board- RMB), cyamuritse ahantu 10 hashya hakungahaye ku mabuye y’agaciro arimo gasegereti, coltan, wolfram, lithium n’andi, ari ku buso bwa hegitari 14.020.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Harimo na zahabu: Uduce 10 dushya twavumbuwemo amabuye y’agaciro mu Rwanda
4 December 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Rare earth Minerals’, amabuye y’agaciro yahogoje Trump?
8 December 2025, by Igizeneza Jean Désiré“Rare earth minerals” amabuye yibura, akomeje guhigishwa uruhindu na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump mu bihugu bitandukanye yaba ibyo muri Afurika kugera no muri Ukraine.
-
Amasaha, ibiganiro byihariye, amasezerano mu kigo gishya: Ibitegerejwe i Washington D.C ku munsi w’amateka
4 December 2025, by Philbert GirinemaUmunsi wari umaze igihe kinini utegerejwe wageze. Ku masaha y’umugoroba i Kigali, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Washington D.C hategerejwe umuhango w’isinywa ry’amasezerano ashobora gushyira iherezo ku mwuka mubi umaze imyaka myinshi hagati y’u Rwanda na RDC.
-
Perezida Kagame yarebye ‘All Star Game 2026’ anagirana ibiganiro n’abayobozi ba NBA
16 February, by IGIHEPerezida Paul Kagame, yakurikiye umukino wahuje abakinnyi b’intoranywa muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika “NBA All-Star” mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, anagirana ibiganiro n’abayobozi batandukanye ba NBA barimo Komiseri wayo, Adam Silver.
-
Ni abanyabwenge kandi barakundana- Perezida Trump k’uko yabonye Kagame na Tshisekedi
4 December 2025, by Iradukunda SergePerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikiganiro yagiranye na Perezida Paul Kagame ndetse na Felix Tshisekedi cyamweretse ko aba bakuru b’ibihugu bombi ari abanyabwenge kandi bakundana.
-
Igisubizo cya Minisitiri Nduhungirehe ku bibajije impamvu Perezida Kagame atitabiriye inama ya AU
17 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko kuba Perezida Paul Kagame ataritabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) bidakwiye gufatwa nk’ibidasanzwe kuko yohereje umuhagararira.
-
Amasezerano y’u Rwanda na RDC yari amaze igihe ategerejwe yashyizweho umukono
4 December 2025, by Philbert GirinemaAmasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC yari amaze igihe kinini aganirwaho, yashyizweho umukono mu muhango wabereye i Washington D.C imbere y’abakuru b’ibihugu bya Afurika bitandukanye.
-
Ndabibizeza - Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda ruzubahiriza amasezerano y’amahoro yasinywe
4 December 2025, by Philbert GirinemaPerezida Kagame yashimiye ibihugu byose n’abantu bagize uruhare mu biganiro byagejeje ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC, yizeza ko igihugu ayoboye, abizi neza ko kitazateshuka ku ntego yo kuyashyira mu bikorwa.
-
Ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1.598,3 Frw mu mwaka umwe
18 February, by Nshimiyimana Jean BaptisteRaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda yagaragaje ko ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1,09 $, ni ukuvuga arenga miliyari 1.598,3 Frw mu 2024 avuye kuri miliyoni 886,9 $ ryari ririho mu 2023.
-
Akanyamuneza ku Banya-Kigali nyuma y’impinduka mu gutwara abagenzi (Amafoto)
5 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbanya-Kigali batandukanye bishimiye ko hari impinduka zikomeye, ziri kugaragara mu bwikorezi rusange bw’abantu kandi ko bizagira uruhare rukomeye mu guteza imbere uru rwego.
IGIHE