U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228$ [miliyari 330 Frw], akubiyemo intego yo gushyigikira urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda na Amerika byasinye amasezerano ya miliyoni 228$ yo guteza imbere urwego rw’ubuzima
6 December 2025, by Uwimana Abraham -
Perezida Kagame yaganiriye n’abarimo Prof. Subra Suresh ku guteza imbere uburezi
18 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye abarimo Prof. Subra Suresh, washinze akanaba Perezida w’Umuryango wita ku Burezi n’Imyigishirize (Global Learning Council), n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Umuryango w’Abibumbye gishinzwe amahugurwa n’Ubushakashatsi (UNITAR), Michelle Gyles-McDonnough.
-
Kiliziya Gatolika mu Rwanda yizihije imyaka 125 imaze, Guverinoma iyishimira umusanzu wayo mu iterambere
6 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuAbakirisitu Gatolika, abayobozi mu nzego zitandukanye n’abandi bitabiriye misa yo kwizihiza Yubile y’impurirane irimo iy’imyaka 2025 y’Ubukirisitu ku Isi n’imyaka 125 ivanjiri igeze mu Rwanda, bishimira ibyo Kiliziya Gatolika imaze kugeraho.
-
Imyaka 125 ya Kiliziya Gatolika mu Rwanda
7 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuTariki ya 20 Mutarama 1900 ni bwo mu Rwanda haturiwe Igitambo cya mbere cya Misa, isomerwa i Shangi muri Nyamasheke muri Diyoseze ya Cyangugu.
-
Nduhungirehe yatamaje Gérard Araud wabaye Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni
7 December 2025, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungihe yatamaje Gérard Araud, wahoze ari Ambasaderi w’u Bufaransa muri Loni, washyigikiye imvugo zishinja u Rwanda kuba nyirabayazana w’ibibazo bya RDC, nyamara hirengagijwe ingingo zikomeye zirimo n’uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Kuki Leta ya RDC yemeye kuyisenya? Nduhungirehe abaza Umufaransa wavuze ko FDLR yapfuye
8 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasubije Umufaransa wagaragaje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR utakibaho, ko iyo uza kuba utakiriho, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butari kwemera kuwusenya.
-
BNR yazamuye urwunguko rwayo irugeza kuri 7,25%
19 February, by IGIHEBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 6,75% rwari rwashyizweho mu mezi atatu ashize, rushyirwa kuri 7,25% mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko kugira ngo bigume mu mbago za BNR ziri hagati ya 2% na 8%.
-
Ibihugu by’i Burayi biri ’gushyirwaho igitutu’ ngo byakire Kabuga
9 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereUbushinjacyaha bw’Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) bwagaragaje ko ibihugu bihana imbibi n’u Buholandi biri gushyirwaho igitutu kugira ngo byakire Kabuga Félicien ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi
20 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Veronica Mueni Nduva, baganira ibirimo guteza imbere ubucuruzi bw’akarere.
-
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
9 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye guhagurukira ibimenyetso mpuruza bigaragara hirya no hino biganisha kuri Jenoside, no guhangana n’ibikorwa byo guhakana Jenoside zabayeho kuko ibikorwa nk’ibi ari inzira iganisha ku kuyisubiramo.
IGIHE