Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), Veronica Mueni Nduva, baganira ibirimo guteza imbere ubucuruzi bw’akarere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye na Nduva wa EAC ku birimo guteza imbere ubucuruzi
20 February, by Igizeneza Jean Désiré -
Guhakana Jenoside ni intambwe ya mbere iganisha ku kuyisubiramo- Amb. Martin Ngoga
9 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yatangaje ko umuryango mpuzamahanga ukwiye guhagurukira ibimenyetso mpuruza bigaragara hirya no hino biganisha kuri Jenoside, no guhangana n’ibikorwa byo guhakana Jenoside zabayeho kuko ibikorwa nk’ibi ari inzira iganisha ku kuyisubiramo.
-
Minisitiri Nduhungirehe ntiyumva uburyo abahuza baceceka, Tshisekedi akarenga ku gahenge ntabibazwe
21 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yarenze ku masezerano y’agahenge menshi, nyamara abahuza ntibagire icyo babikoraho.
-
Ifatwa rya Uvira riratanga ubuhe butumwa kuri Perezida Ndayishimiye?
10 December 2025, by Musangwa ArthurKuva mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, imitwe y’inkuru hirya no hino ku Isi igaruka ku mvururu zo mu Burasirazuba bwa Congo yose iravuga ku kuba abarwanyi ba AFC/M23 bageze mu Mujyi wa Uvira, wari umaze amezi 10 ari indiri y’ihuriro ry’ingabo zirwanira Leta ya Félix Tshisekedi.
-
Niba amahanga ashaka amahoro nasabe ingabo z’u Burundi na FARDC bahagarike ibitero - Nduhungirehe
10 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yatangaje ko bitumvikana kubona amahanga yegeka ku Rwanda na AFC/23 ibijyanye n’intambara yakajije umurego mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyamara bakirengagiza ukuri bazi neza ko ari ibitero bigabwa n’indege za FARDC n’ingabo z’u Burundi.
-
Minisitiri Nduhungirehe yahamije ko u Burundi bufatanya na FDLR
10 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ikibazo u Rwanda rufitanye n’u Burundi ari icy’umutekano kuko bufatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufite intego yo gukomeza guhungabanya umutekano w’igihugu no gukomeza Jenoside mu Rwanda.
-
Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho
23 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko imvugo zibiba urwango zizakomeza gukwirwakwira mu karere mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR washinzwe n’abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ukiriho.
-
Ishoramari rya miliyari 1$ ryanditswe mu myaka itanu binyuze muri KIFC
11 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIgicumbi Mpuzamahanga cy’Imari cya Kigali, KIFC, cyizihije imyaka itanu kimaze gikora mu rwego rwo korohereza abashoramari mu by’imari, rugaragaza ko muri icyo gihe abagannye u Rwanda barenga 200 mu gihe bashoye arenga miliyari 1$.
-
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Waleed wa Arabie Saoudite
24 February, by Jean de Dieu TuyizereKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji.
-
Perezida Kagame yasabye abayobozi bashya kwirinda guteta mu nshingano zikomeye
11 December 2025, by Uwimana AbrahamPerezida Paul Kagame yasabye abayobozi bashya barahiriye kwinjira mu nshingano, gushyira imbaraga mu kuzuza inshingano barahiriye, bakareka guteta, kuko ibibazo by’umwihariko igihugu gifite, bisaba ko abantu bakora mu buryo budasanzwe.
IGIHE