Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yahamije ko amagambo y’urwango yibasira Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi ashyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda ntirwumva uburyo Gen Ekenge akidegembya nyuma y’imvugo zibiba urwango
25 February, by Jean de Dieu Tuyizere -
Imvugo yahindutse muri RDC; hagezweho ko Tshisekedi yashutswe, agatekerwa umutwe n’u Rwanda
12 December 2025, by IGIHE“Amasezerano ni umutego Kagame yagushijemo Tshisekedi. Ni ibintu byagaragaraga.” Aya ni amagambo ya Martin Fayulu, umwe mu banyapolitiki bakomeye muri RDC uri muri benshi bakomeje kuvuga ko amasezerano y’amahoro aherutse gushyirwaho umukono atazatanga umusaruro, imvugo ahuriyeho na Tshisekedi mu gushakira igisobanuro impamvu imirwano ikomeje hagati ya FARDC na M23.
-
RRA yahize gukusanya arenga miliyari 3.728 Frw mu 2025/2026
12 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko gifite intego yo gukusanya arenga miliyari 3.728 Frw mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2025/2026.
-
U Rwanda rwanenze amahanga atitaye ku mutekano warwo n’uw’Abanyamulenge
12 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ngoga Martin, yanenze umuryango mpuzamahanga utitaye ku mpungenge z’umutekano ruterwa n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’ubwicanyi bukomeje gukorerwa Abanyamulenge mu gice cya Minembwe.
-
Nduhungirehe yahishuye umugambi wa RDC wo kwambura Abanye-Congo b’Abatutsi ubwenegihugu
27 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bufite umugambi wo kwambura ubwenegihugu Abanye-Congo b’Abatutsi, bwitwaje ururimi.
-
Menya abasora neza bahize abandi mu 2024/25 bashimiwe
13 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro cyashimiye abasora bahize abandi mu 2024/2025, cyiyemeza gukomeza kuborohereza binyuze mu kwimakaza ikoreshwa ry’ikoranabuhanga.
-
Amerika yaba yarebye macuri mu gushinja u Rwanda ibibazo byo muri Uvira?
13 December 2025, by IGIHEIkibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo gikomeje guhindura isura. Mu gihe abantu batekerezaga ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C agiye gushyira iherezo ku mutekano muke, ibiri kuba ni ikinyuranyo kuko aho kugira ngo agahenge kaboneke, intambara irakomeje ndetse n’igitutu cyashyizwe ku Rwanda, hirengagizwa umuzi w’ibibazo.
-
Ishusho y’uburezi bw’u Rwanda mu mibare ya 2025
14 December 2025, by Hakizimana Jean Paul“Nagira ngo nongere mbibutse ko umwarimu ari inkingi ya mwamba mu burezi bw’u Rwanda. Ibi bivuze ko ireme ry’uburezi, imyumvire myiza y’Abanyarwanda, ubumenyi n’ubushobozi Igihugu cyacu gikomeza kugeraho byose byubakiye ku mbaraga n’ubwitange bwa mwarimu.’’ Ayo ni amagambo Minisitiri w’Uburezi yabwiye abarimu ku munsi mpuzamahanga wa Mwarimu.
-
U Rwanda rwatunguwe n’amahanga avuga ari uko AFC/M23 yirwanyeho
14 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko u Rwanda rutungurwa no kubona umuryango mpuzamahanga nubwo wari wamenyeshejwe ibiri kuba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangiye kumvikana gusa ari uko Ihuriro rya AFC/M23 rifashe icyemezo cyo kwirwanaho.
-
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye ’Ikivi Rwanda Festival’ muri Green Hills Academy
28 February, by Tuyishimire Umutesi CelineMadamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo gitegurwa n’Ishuri rya Green Hills Academy (GHA) cyiswe ‘Ikivi Rwanda Festival’ kigaruka ku mateka n’umuco Nyarwanda.
IGIHE