Uruganda rwa Pink Mango Asantii Rwanda Ltd rukora imyenda irenga ibihumbi 10 ku munsi, bivuze ko ku mwaka rukora imyenda irenga miliyoni 2,6, ingana na 90% by’ikorwa yose yoherezwa mu mahanga.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Dutemberane muri Pink Mango, uruganda rw’u Rwanda rwohereza mu mahanga imyenda irenga miliyoni ebyiri (Video)
11 June 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Rwibutso Mukazi Sabine -
Talib ni we uzatoza APR FC, Camarade yahawe amasezerano muri Bugesera FC, Rayon Sports igiye gusinyisha batatu: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi ku wa Mbere
16 June 2025, by IGIHEAmakipe yo mu Rwanda akomeje kwiyubaka yitegura umwaka w’imikino mushya wa 2025/26. APR FC na Rayon Sports zizakina amarushanwa Nyafurika ni zo zikomeje kwiharira isoko.
-
Amezi umunani ku buyobozi bwa Rayon, gutakaza igikombe no kutumvikana kw’inzego: Twagirayezu twaganiriye
19 June 2025, by Iradukunda Olivier, Uwimana AbrahamKu wa 16 Ugushyingo 2024, impundu zavuze urwunge mu bafana ba Rayon Sports, ubwo bari babonye ubuyobozi bushya, bwiganjemo abigeze kuyobora iyi kipe n’ubundi mu bihe byahise ubwo yari iri ku gasongero.
-
Uko byifashe i Nazareti aho Bikira Mariya yabwiriwe ko azabyara Yezu (Amafoto na Video)
22 December 2024, by Philbert GirinemaMuri Bibiliya Ntagatifu mu gitabo cyanditswe na Luka ku mutwe wa 1 ku murongo wa 27, handitse hati “Malayika Gaburiyeli atumwa n’Imana, mu Mujyi wo mu Galileya witwa Nazareti ku mukobwa w’isugi wari warasabwe n’umusore witwa Yozefu, wo mu muryango wa Dawudi; uwo mukobwa yitwaga Mariya.”
-
Ibyo kongera abakiliya, ubwizigame n’ishoramari mu mpunzi: Intego ngari za Equity Bank Rwanda
20 June 2025, by Ndahayo EmmanuelMu myaka iri imbere, ikoranabuhanga rizarushaho kugenga ubuzima bwacu bwa buri munsi kurusha uko bimeze magingo aya. Muri Equity Bank Rwanda Plc, bafite intego yo kujyana n’ibigezweho, birimo no kuzubaka banki ishobora gukoreshwa n’uwo ari we wese, aho aherereye ku Isi yose.
-
Iherezo ry’ubutegetsi bwa Iran n’uruhare rwa Amerika: Ambasaderi wa Israel mu Rwanda twaganiriye (Video)
24 June 2025, by Ndahayo EmmanuelUko iminsi iri kugenda yisunika, ni ko intambara ya Israel na Iran iri guhindura isura, ibintu bikarushaho kujya habi. Magingo aya, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaze kugira uruhare rutaziguye muri iyi ntambara aho zarashe ku bikorwaremezo bya Iran, bivugwa ko bikoreshwa mu mugambi wo gucura intwaro za nucléaire.
-
Airbus nshya, kwegukana ibihembo n’ikibuga cy’i Bugesera- Ikiganiro na Fouad Caunhye wa RwandAir
3 July 2025, by IGIHENyuma yuko RwandAir iherutse kwegukana igihembo cy’umwaka wa 2025 nka sosiyete nziza ya mbere mu zikorera ubwikorezi bwo mu kirere ku mugabane wa Afurika, mu bihembo bizwi nka ‘World Airline Awards’, benshi bibaza ibanga rituma iyi sosiyete iba indashyikirwa kandi ikiri nto.
-
Icukumbura ku bimenyetso bishinja Ingabire gushaka guhirika ubutegetsi
30 June 2025, by IGIHEHashize iminsi Ingabire Victoire Umuhoza yongeye gutabwa muri yombi ku iperereza rishya rigaruka ku birego ashinjwa byo gushaka guhirika ubutegetsi. Itabwa muri yombi rye ryaturutse ku rubanza ruregwamo abantu bo mu ishyaka rye, DALFA Umurinzi.
-
Ubuzima bw’ubuhunzi, kwinjira muri Politiki n’inama ku rubyiruko- Tito Rutaremara yabivuye imuzi
24 December 2024, by Ntabareshya Jean de DieuMu 1944 nibwo Tito Rutaremara yabonye izuba, avukira mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kiziguro, mu Ntara y’Iburasirazuba aba ari naho yiga amashuri yisumbuye.
-
Abanya-Kigali binjiye mu birori bya Noheli biyegereza Imana (Amafoto na video)
25 December 2024, by Ntabareshya Jean de Dieu, Ayera BelyneKu mugoroba wo ku itariki ya 24 Ukuboza, 2024, abakirisitu benshi mu Mujyi wa Kigali bateraniye hirya no hino bibuka ivuka rya Yezu/Yesu, ryibukwa ku munsi wa Noheli, uba buri tariki ya 25 Ukuboza buri mwaka.
IGIHE