Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, Jean Guy Afrika, yatangaje ko ibiganiro bikomeje kandi biri kugenda neza ndetse bishoboka ko u Rwanda rwazahabwa kwakira isiganwa rya Formula One mu 2029.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Amahirwe yo kuba u Rwanda rwakwakira Formula 1 ya 2029 akomeje kwiyongera
15 December 2025, by IGIHE -
U Rwanda rwasubije ku isoko impapuro mpeshamwenda zifite agaciro ka miliyari 50 Frw
15 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) yasubije ku isoko impapuro mpeshamwenda za Leta zifite agaciro ka miliyari 50 Frw.
-
RwandAir yasubitse zimwe mu ngendo kubera intambara ya Amerika na Iran
28 February, by Nshimiyimana Jean BaptisteSosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere RwandAir yatangaje ko yasubitse ingendo WB300/WB303 na WB304/WB305 zijya n’iziva i Doha na Dubai kubera umutekano muke uri mu karere
-
Urugendo rw’u Rwanda rwo guhamya umubano n’amahanga mu 2025
16 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteUmwaka wa 2025 usize mu Rwanda hari ibihugu 47 bifite ba Ambasaderi baba mu Rwanda, nyuma y’uko hari ibihugu bifashe icyemezo cyo kongera ikibatsi mu mubano wabyo n’u Rwanda, bikagira ambasade zifite icyicaro i Kigali.
-
Kuhira imyaka, kongera umusaruro n’inzara y’i Kayonza: Ibyo Dr. Uwituze agiye kwitaho muri MINAGRI
16 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Solange Uwituze, yatangaje ko mu gihe ari gutangira izo nshingano, ibikwiye gushyirwamo imbaraga bishingiye mu kunoza uburyo bwo kuhira no gushaka uko ibyanya bigega byashyizweho bitanga umusaruro ukwiriye.
-
Nduhungirehe yerekanye ubujiji bw’umudepite w’Umufaransa wifuza ko Mushikiwabo asimburwa muri OIF
28 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yerekanye ubujiji bw’umudepite wo mu Bufaransa, Aurélien Taché, wavuze ko Louise Mushikiwabo agomba gusimburwa n’Umunye-Congo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa.
-
Umukunzi wa golf, ikawa n’umuziki: Ubuzima bwihariye bwa Visi Guverineri wa BNR, Nick Barigye
18 December 2025, by Igizeneza Jean DésiréIminsi itandatu ni yo ibura ngo amezi atanu yuzure Nick Barigye ari Guverineri Wungirije wa Banki Nkuru y’u Rwanda(BNR). Ni inshingano yagiyeho asimbuye Dr. Nsengiyumva Justin wagizwe Minisitiri w’Intebe.
-
Yolande Makolo yasubije RDC yicinye icyara kubera ibihano Amerika yafatiye RDF
3 March, by Jean de Dieu TuyizereUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye Ingabo z’u Rwanda (RDF) bitazahagarika intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
U Rwanda rwashimangiye ubushake bwo kubahiriza amasezerano ya Washington
17 December 2025, by IGIHEInama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagejejweho ibyerekeye isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye mu by’ubukungu hagati y’u Rwanda na RDC yasinyiwe i Washington, inashimangira ubushake bw’u Rwanda mu kubahiriza ibiyakubiyemo.
-
U Rwanda rwavuze ku mutekano w’abaturage barwo bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran
4 March, by Jean de Dieu TuyizereAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda baba muri iki gihugu na Bahrain batekanye, kandi ko bari guhabwa ubufasha na serivisi bakeneye.
IGIHE