Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu mpera z’icyumweru gishize inzego z’umutekano z’u Rwanda n’iz’u Burundi zahuriye mu nama igamije kureba uko hakemurwa ikibazo cy’umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda n’u Burundi byaganiriye ku mwuka mubi wiyongereye
18 December 2025, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Ikoreshwa ry’inoti zishaje mu Rwanda rigiye gushyirwaho iherezo
6 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteU Rwanda rwatangaje ko inoti za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw n’iza 5000 Frw zashyizweho hagati ya 2004 na 2015 zitagifite agaciro mu Rwanda, ariko bikazatangira kubahirizwa nyuma y’amezi 12 iteka rya Perezida rizikuraho ritangajwe mu Igazeti ya Repubulika y’u Rwanda.
-
Umubyeyi ni RDC, umwana akaba FDLR - Minisitiri Nduhungirehe ku birego bya Muyaya
18 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko mu ntambara zimaze igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umubyeyi ari RDC na ho umwana akaba umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Musenyeri Mbanda azakomeza kuyobora umuryango witandukanyije na Angilikani yo mu Bwongereza
5 March, by Jean de Dieu TuyizereUmuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Dr. Laurent Mbanda, azakomeza kuyobora umuryango GAFCON (Global Fellowship of Confessing Anglicans) ugendera ku myemerere iboneye ishingiye ku ijambo ry’Imana.
-
Ibikomoka ku buhinzi byoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 1.301 Frw mu 2025
18 December 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, yatangaje ko ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byoherejwe mu mahanga mu mwaka wa 2025 bimaze kwinjiriza u Rwanda arenga miliyoni 893,1 $, ni ukuvuga angana na miliyari 1.301 Frw.
-
U Rwanda rugiye gucyura Abanyarwanda bari muri UAE na Bahrain bashaka guhunga intambara
6 March, by Jean de Dieu TuyizereAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda bari muri iki gihugu na Bahrain bifuza gutaha bitewe n’intambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati, bagiye gufashwa.
-
Rizigisha abapilote 80 ku mwaka: Ibishya ku shuri ry’iby’indege rizuzura mu Rwanda mu 2028
19 December 2025, by Léonidas MuhireMinisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko ishuri rizigisha gutwara indege n’ibindi bijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere rizaba ryatangiye gukora mu 2028 ubwo n’ikibuga cy’Indege kiri kubakwa mu Bugesera na cyo kizaba cyatangiye gukoreshwa.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa imitwaro itari iyarwo
7 March, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruzikorera umutwaro warwo bityo ko rudakwiye kubazwa inshingano z’abandi, anasaba ko ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikemurwa mu buryo butabogamye.
-
Ndayishimiye yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda mu gushimisha Tshisekedi
19 December 2025, by Musangwa ArthurPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yateguye imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda imbere ya za Ambasade z’ibihugu bikomeye mu rwego rwo kugerageza gushimisha mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi.
-
Madamu Jeannette Kagame yifurije abagore umunsi mwiza wabahariwe, abibutsa kwiyitaho
8 March, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yifurije abagore bose Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore mwiza, abibutsa kwiyitaho, kwigenzura mu marangamutima, kwikunda no kwita ku bibazo by’ubuzima bwo mu mutwe.
IGIHE