Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yasobanuye ko hari ibyo u Rwanda rwitondera mu gufata inguzanyo z’amahanga hagamijwe kwirinda ko rwafata izo rutazashobora kwishyura.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ibyo u Rwanda rwitondera mu gufata inguzanyo z’amahanga
23 December 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Perezida Kagame yitabiriye inama ku ngufu za nucléaire mu Bufaransa
10 March, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame n’itsinda ry’abahagarariye Urwego rw’Igihugu rushinzwe ingufu za atomike (RAEB) bari mu Bufaransa aho bitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku guteza imbere ingufu za nucléaire zifashishwa mu bikorwa bya gisivile.
-
Akazi ka Perezida Kagame hanze y’u Rwanda mu 2025
31 December 2025, by Zigiranyirazo BajecteurUmwaka wa 2025 waranzwe n’akazi kenshi ku ruhande rwa Perezida Paul Kagame nk’uko bisanzwe, aho yakoze ingendo zitandukanye hirya no hino ku Isi mu rwego rwo gushakira igihugu amaboko no kurushaho gutsura umubano w’u Rwanda n’ibindi bihugu.
-
Perezida Kagame yagaragaje impamvu u Rwanda rukeneye inganda za nucléaire
10 March, by Jean de Dieu TuyizereMu nama mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire mu bikorwa bya gisivile yabereye mu Bufaransa kuri uyu wa 10 Werurwe 2026, Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rukeneye inganda za nucléaire kuko mu myaka iri imbere ruzakenera umuriro w’amashanyarazi mwinshi.
-
Hari abavuye muri Guverinoma rugikubita: Impinduka zakozwe mu nzego nkuru z’igihugu mu 2025
26 December 2025, by Nshimiyimana Jean BaptisteMuri Nyakanga 2025, nyuma y’ibirori byo Kwibohora31, inkuru ikomeye yabaye Guverinoma nshya ya Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe mushya w’u Rwanda asimbuye Dr. Edouard Ngirente.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Macron w’u Bufaransa ku mutekano w’akarere
10 March, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yahuriye na Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron i Paris kuri uyu wa 10 Werurwe 2026, baganira ku mubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ndetse no ku kibazo cy’umutekano muke mu karere k’Ibiyaga Bigari.
-
Impinduka mu gusaba ‘Equivalence’: Izajya iboneka mu minsi 10 aho kuba imyaka
25 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereIkigo cy’Igihugu gishinzwe Amashuri Makuru (HEC) cyatangaje ko guhera ku wa 24 Ukuboza 2025, gusaba icyangombwa cyemeza ko impamyabumenyi yatanzwe na kaminuza n’amashuri makuru yo mu mahanga yakoreshwa mu Rwanda bizajya bikorerwa ku rubuga Irembo.
-
U Rwanda rugiye gusimbuza abasirikare n’abapolisi i Cabo Delgado
13 March, by Iradukunda SergeUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwatangaje ko buri mu myiteguro yo gusimbuza abasirikare n’abapolisi bari mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique.
-
Perezida Kagame na Infantino wa FIFA bahaye Noheli abana bakina ruhago mu Rwanda (Amafoto)
26 December 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame ari kumwe na Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, bahaye impano y’imipira yo gukina abana 220 bakina ruhago mu gikorwa cyiswe “FIFA Football Festival” cyabereye muri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26 Ukuboza 2025.
-
MTN Rwanda yungutse miliyari 10,8 Frw mu 2025 nyuma y’ibihe mu gihombo
14 March, by Mugisha ChristianMTN Rwanda yatangaje ko yagize inyungu ishimishije mu mwaka ushize warangiye ku wa 31 Ukuboza 2025, aho nyuma yo kwishyura imisoro, yungutse miliyari 10,8 Frw nyuma y’uko mu mwaka wabanje yari yagize igihombo cya miliyari 5,4 Frw.
IGIHE