Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwahaye uruhushya rwo gukora hoteli ya Château le Marara yari iherutse gufungwa nyuma y’uko bigaragaye ko yakoraga nta burenganzira ifite.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Château le Marara yakomorewe, ijya mu maboko mashya
26 December 2025, by Tuyishimire Umutesi Celine -
Nduhungirehe yahamije ko u Rwanda ruzakura ingabo muri Mozambique, ibikorwa byazo nibidahabwa agaciro
14 March, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yeruye ko u Rwanda ruzakura ingabo muri Mozambique mu gihe ibikorwa byazo bitahabwa agaciro bikwiye.
-
Undi mwaka uratashye! U Rwanda rugeze he inzira igana mu bihugu bikize?
27 December 2025, by IGIHEMu 2035, u Rwanda rufite intego yo kuzaba rufite ubukungu buciriritse, icyo gihe umuturage warwo azaba yinjiza nibura 4000$ ku mwaka. Ni ukuvuga inshuro nibura enye z’amafaranga umuturage yinjiza muri iki gihe.
-
Umusaruro Mbumbe w’u Rwanda wazamutseho 9,4% mu 2025
16 March, by Philbert GirinemaUmusaruro Mbumbe w’u Rwanda mu 2025 wazamutse ku kigero cya 9,4% ugera kuri miliyari 23.387 Frw uvuye kuri miliyari 19.918 Frw wari uriho mu mwaka wari wabanje wa 2024.
-
Weekend ya nyuma ya 2025 i Rubavu, Umujyi utaratengushye abifuza amahoro y’umutima n’icyashara (Amafoto)
28 December 2025, by Munyemana Isaac, Nshimiyimana EricBibe kuri Noheli cyangwa ku Bunani, i Rubavu akazi ni akazi. Isaha iyo ariyo yose ugomba gushaka amafaranga abikorana umwete, uwambutsa imizigo hakurya abikora rugikubita, ari nako utembereza abantu mu bwato, atangira kubushyushya mu museso. Rubavu mu mpande zose yarahabaye mu 2025.
-
Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibiganiro na RDC i Washington
17 March, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari itsinda ry’u Rwanda ryitabiriye ibiganiro by’inyabutatu bigomba guhuza u Rwanda na RDC hamwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikabera i Washington D.C.
-
RDC yongeye kwerura urwango ifitiye Abatutsi: Biswe Inyenzi, Virusi kandi ngo Abatutsikazi ni abo kwitonderwa
28 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereUbutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwongeye kugaragaza byeruye urwango bufitiye ‘Abatutsi’ aho bava bakagera no kurushyigikira, busobanura ko ari abantu babi bakwiye kwitonderwa.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Hugh Evans wa Global Citizen
17 March, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Global Citizen, itegura ibitaramo bya ‘MoveAfrika’, Hugh Evans, witabiriye igitaramo cya Doja Cat kiba mu ijoro ryo ku wa 17 Werurwe 2026.
-
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye Umuvugizi wa FARDC wazuye ‘Amategeko 10 y’Abahutu’
28 December 2025, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Umuvugizi w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen Maj Sylvain Ekenge, wazuye “Amategeko 10 y’Abahutu” yanditswe na Gitera Habyarimana Joseph.
-
Perezida wa Mozambique yavuze ku ihagarikwa ry’ubutumwa bw’Ingabo z’u Rwanda
19 March, by Jean de Dieu TuyizerePerezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yagaragaje ko afite icyizere ko ingabo z’u Rwanda zizakomeza ibikorwa byo kurwanya ibikorwa by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado iri mu majyaruguru y’igihugu.
IGIHE