Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko umusaruro w’ibirayi mu bihembwe by’ihinga bya 2025 wiyongereyeho 17% ugereranyije n’ibihembwe byose bya 2024, mu gihe umusaruro w’ibishyimbo wo wagabanyutseho 1,2% mu gihembwe cya 2025 A na 0,6% muri B.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Umusaruro w’ibirayi wariyongereye, uw’ibishyimbo n’ibigori uragabanyuka: Ishusho y’ubuhinzi bw’u Rwanda mu 2025
6 January, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Volkswagen yatamaje abayifashishije basebya u Rwanda
24 March, by IGIHEUruganda rukora imodoka rwa Volkswagen, Ishami ryo mu Rwanda (Volkswagen Mobility Solutions Rwanda) rwabeshyuje abarwifashishije basebya u Rwanda, bavuga ko rwahagaritse ibikorwa, rugaragaza ko bigikomeje ndetse rugiye no kwimukira mu nzu nshya.
-
Ibimenyetso by’ihuzagurika rya Leta y’u Burundi mu makimbirane ifitanye n’u Rwanda
7 January, by Jean de Dieu TuyizereLeta y’u Burundi imaze igihe igaragaza uguhuzagurika kudasanzwe mu gihe ivuga ko igerageza gukemura amakimbirane ari hagati yayo n’u Rwanda. Iyo iteye intambwe nziza uyu munsi, ejo isubira inyuma, yavuga amagambo y’icyizere, ejo ikereka Abarundi ko kuzahura umubano bikiri kure nk’Ukwezi.
-
Ingingo Abadepite bashingiyeho bemeza Itegeko rigenga imikoreshereze y’umuhanda ryakuruye impaka
7 January, by IGIHEKu wa 5 Mutarama 2026, Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite yemeje itegeko rigenga imikoreshereze y’umuhanda, icyemezo cyakiriwe n’impaka nyinshi mu baturage haba kuri radiyo no ku mbuga nkoranyambaga.
-
Impunzi z’Abanye-Congo ziba mu Rwanda zazengurutse kuri Ambasade 20 zisaba kurenganurwa
7 January, by Léonidas MuhireAbahagarariye impunzi z’Abanye-Congo ziri mu nkambi eshanu zo mu Rwanda bavuze ko AFC/M23 na Twirwaneho byashyigikirwa, kuko ibice byo mu Burasirazuba bwa RDC bahunze ubu bigenzurwa n’iyo mitwe ari byo bifite amahoro kurusha ibindi ku buryo basubiyeyo baba bizeye ko batekanye.
-
Abagore barenga ibihumbi 35 mu Rwanda bifungishije burundu
8 January, by Tuyishimire Umutesi CelineMu Rwanda abagore barenga 35.105 barifungishije burundu nka bumwe mu buryo bwo kuboneza urubyaro, aho 4.219 muri bo bifungishije mu 2024.
-
BNR yashyizeho igihe ntarengwa cyo guhinduza inoti zishaje zakuwe ku isoko
24 March, by IGIHEBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko inoti za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw, na 5000 Frw zakozwe hagati ya 2004 na 2015 zitazongera gukoreshwa mu kwishyurana mu Rwanda nyuma y’amezi 12, bivuze ko zizava ku isoko kuva ku wa 1 Werurwe 2027.
-
Yishwe na Cancer ya ’prostate’, apfana ipfunwe rikomeye ku Rwanda
8 January, by IGIHEItariki nk’iyi mu 1996, François Mitterrand wayoboraga u Bufaransa mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi ni bwo yapfuye, apfana ipfunwe rikomeye rishingiye ku buryo yabaye ikiraro cyaharuriye abagizi ba nabi gushyira mu bikorwa umugambi mubisha wo kwica Abatutsi.
-
Ibimenyetso bishya by’imikoranire ya FDLR, FARDC n’abacanshuro
9 January, by Jean de Dieu TuyizereUmutwe w’iterabwoba wa FDLR, imitwe ya Wazalendo n’abacanshuro b’abanyamahanga bikomeje kuba inkingi ikomeye y’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara buhanganyemo n’ihuriro AFC/M23 ndetse raporo zitandukanye zigaragaza neza ko impande zombi zanywanye ak’ifu n’amazi bikora ubugari.
-
U Rwanda rwamaganye ibinyoma by’uko rwashatse kwica umugore wa Tshisekedi
25 March, by Igizeneza Jean DésiréAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye ibinyoma by’uko abo mu nzego z’umutekano b’u Rwanda bashatse kwica umugore wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru Tshisekedi wari ucumbitse muri imwe muri hoteli yo muri Amerika.
IGIHE