Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye ibinyoma by’uko abo mu nzego z’umutekano b’u Rwanda bashatse kwica umugore wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyakeru Tshisekedi wari ucumbitse muri imwe muri hoteli yo muri Amerika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
U Rwanda rwamaganye ibinyoma by’uko rwashatse kwica umugore wa Tshisekedi
25 March, by Igizeneza Jean Désiré -
Arenga miliyari 6.406,5 Frw azashorwa mu buhinzi kugera 2029
9 January, by Ntabareshya Jean de DieuMinisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda, yerekana ko mu rwego rwo guteza imbere urwo rwego, hakenewe nibura ishoramari rya miliyari 6.406,5 Frw azarushorwamo kugera mu 2029.
-
Abanyarwanda barenga ibihumbi 54 basanzwemo Virusi itera Sida mu myaka itandatu
12 January, by Igizeneza Jean DésiréImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu myaka itandatu ishize kugeza mu 2024, abantu 54.287 basanzwemo Virusi itera Sida, abo mu Mujyi wa Kigali n’abo mu Ntara y’Iburasirazuba bakiharira umubare munini.
-
Minisitiri w’Intebe yageze i Malabo aho azahagararira Perezida Kagame mu nama ya OACPS
27 March, by IGIHEMinisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yageze i Malabo, muri Guinée Equatoriale, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 11 y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bahuriye mu Muryango w’Ibihugu bya Afurika, Caraïbe na Pasifika (OACPS).
-
Yahunze intambara muri Iraq, yisanga mu Rwanda: Urugendo rwa Mushtaq wahiriwe na camera
11 January, by Tuyishimire Umutesi CelineIbrahim Mushtaq ni umugabo w’imyaka 27 ukomoka muri Iraq, umaze kumenyekana mu gufata no gutunganya amashusho mu Rwanda, ibizwi nka ‘cinematography’. Yavuye mu gihugu cye ahunze intambara yo mu 2003, nyuma yisanga mu Rwanda ari na ho akorera uyu mwuga.
-
Minisitiri w’Intebe yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Perezida Touadéra
30 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva yageze i Bangui muri Centrafrique, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Faustin-Archange Touadéra watorewe gukomeza kuyobora igihugu mu matora yabaye mu mpera za 2025.
-
IShowSpeed yasize inkuru i Kigali (Amafoto & Video)
10 January, by Tuyishimire Umutesi CelineIShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga uri mu Rwanda, yagaragarijwe urukundo n’ibihumbi by’Abanyarwanda hirya no hino mu Mujyi wa Kigali aho yagiye anyura, na we avuga ko mu bihugu byose yasuye, nta cyiza yabonye kiruta u Rwanda.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yakiriwe na Perezida Touadéra
30 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin yakiriwe na Perezida wa Centrafrique Faustin-Archange Touadéra warahiriye gukomeza kuyobora iki gihugu ku wa 30 Werurwe 2026.
-
Oman Air igiye gutangiza ingendo zigana i Kigali
11 January, by Ntabareshya Jean de DieuSosiyete ikora ubwikorezi bwo mu kirere yo muri Oman, Oman Air, igiye gutangiza ingendo zidahagaze zerekeza i Kigali nk’intambwe ikomeye yo guhuza icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
-
Perezida Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Tanzania
31 March, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mu biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubufatanye bwa Afurika y’Iburasirazuba wa Tanzania, Mahamoud Thabit Kombo, ibiganiro byabo byibanda ku gushimangira umubano uhamye usanzwe hagati y’u Rwanda na Tanzania.
IGIHE