Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, BRALIRWA Plc, rwatangaje ko mu 2025 rwungutse miliyari 42,8 Frw avuye kuri miliyari 37 Frw mu 2024, bingana n’inyongera ya 15,7 %.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
BRALIRWA Plc yungutse miliyari 42 Frw mu 2025
1 April, by IGIHE -
Imishinga migari Inama Njyanama ya Rubavu iri kusa ikivi izibukirwaho
13 January, by Nshimiyimana EricManda y’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu isigaje amezi 10 kugira ngo igere ku musozo. Ubwo yatangiraga inshingano mu Ukwakira 2021, yasabwe kwita ku mishinga migari irimo kuzuza Isoko rya Gisenyi, gare nshya, urugomero mu Kiyaga cya Kivu n’isoza ry’imirimo yo kubaka icyambu cya Rubavu.
-
Ndayishimiye yongeye gusubiramo inyikirizo imwe ku bibazo by’u Burundi n’u Rwanda, yibasira na Amerika
14 January, by IGIHE“U Rwanda rushyigikira abanyabyaha b’Abarundi, bashaka gutera u Burundi mu gihe u Rwanda ruzaba rumaze gufata RDC.” Aya ni amagambo mashya ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, wongeye kwibasira u Rwanda arushinja umugambi rumaze imyaka myinshi rugaragaza ko rutigeze rurota kandi rudashobora no kurota.
-
Leta ya RDC ikomeje gushakisha urwitwazo rwo kudasenya FDLR
14 January, by Musangwa ArthurMu gihe amezi abaye menshi Abanyarwanda n’Abanye-Congo bategereje ko ibikorwa byo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR bitangira, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri kugerageza guhimba impamvu yo kutabikora.
-
U Rwanda rwemerewe miliyoni 250$ zo guhangana n’ingaruka z’intambara yo muri Iran
2 April, by Léonidas MuhireIkigega Mpuzamahanga cy’Imari, IMF, cyageneye u Rwanda inguzanyo iciriritse ya miliyoni 250$ azafasha igihugu guhangana n’ibibazo by’ubukungu biri kuba muri iki gihe cy’intambara irimbanyije mu Burasirazuba bwo Hagati.
-
U Rwanda ruri mu mushinga wo gukora no guteranya imashini zifashishwa mu buhinzi
15 January, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi, cyagaragaje ko imirimo yo kubaka ikigo cy’icyitegererezo mu guteza imbere ikoreshwa ry’imashini mu buhinzi izasiga u Rwanda rufite ubushobozi bwo gukora bene izo mashini.
-
Yolande Makolo yasubije abahuje kuba u Rwanda rwakura ingabo muri Mozambique n’ibihano bya Amerika
2 April, by IGIHEUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko u Rwanda rwamaze igihe kinini rwikoreye rwonyine umutwaro ujyanye no kurwanya ibyihebe muri Mozambique, ashimangira ko igihe kigeze ngo habeho uburyo buhamye kandi burambye bw’amikoro ashyigikira ibi bikorwa.
-
Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani
14 January, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bahuriza ku gukomeza guteza imbere ishoramari mu Rwanda.
-
Ni ikintu gikomeye kandi kibabaje- U Rwanda ku bihugu bishyigikira ingengabitekerezo ya Jenoside
5 April, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yagaragaje ko bibabaje kubona ibihugu bituranye n’u Rwanda bikomeje gushyigikira ingengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bikanayibiba mu baturage babyo.
-
Miliyoni 21 z’abaturage ba Uganda bitabiriye amatora; Museveni ni we uhabwa amahirwe
15 January, by IGIHEAbanya-Uganda barenga miliyoni 21 baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu agomba gusiga bamenye niba Yoweri Kaguta Museveni w’imyaka 81 yegukana manda ya karindwi ku majwi angahe kuko ariwe uhabwa amahirwe kurusha abandi bakandida.
IGIHE