Imirimo yo kubaka Parklane Center iherereye iruhande rwa Kigali Convention Centre yatangiye. Ni inyubako izaba igizwe n’amagorofa 25.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Parklane Center y’amagorofa 25 yatangiye kubakwa i Kigali
16 January, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Museveni yatorewe kuyobora Uganda muri manda ya Karindwi
17 January, by Jean de Dieu TuyizerePerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 71,6%, ahigitse abandi bakandida barindwi bari bahatanye.
-
Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
4 April, by IGIHEUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa. Izi mpinduka zije zikurikiye izamuka rikomeye mu mateka y’u Rwanda y’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli kuko bwa mbere, Lisansi na Mazutu byarenze 2000 Frw, kimwe kikagera kuri 2.303 Frw ikindi aba 2.205 Frw.
-
Ibyihariye kuri Muhazi Dolce Vita, hoteli y’Umufaransa w’imyaka 26 wihebeye u Rwanda (Amafoto)
18 January, by Hakizimana Jean PaulMu nkengero z’Ikiyaga cya Muhazi mu gice giherereye mu Murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana, huzuye hoteli nshya yiswe ‘Muhazi Dolce Vita’ yitezweho gukurura ba mukerarugendo no kongera ubwiza bw’iki kiyaga gikundwa na benshi.
-
Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame
17 January, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Mamadi Doumbouya yarahiriye kuyobora Guinée Conakry muri manda y’imyaka irindwi, mu muhango witabiriwe na Perezida Paul Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu barenga umunani bo muri Afurika.
-
Abakiristu b’i Kigali binjiye muri Pasika basabwa kugira ukwemera gushyitse
4 April, by Léonidas MuhireArikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu kugira ukwemera gushyitse kuko ari ko shingiro rya byose harimo no kubaka ingo ziramba ndetse no kwirinda amakimbirane arimo n’intambara zigaragara hirya no hino ku Isi.
-
Kiliziya yitandukanyije n’abavuze ko babonekewe na Bikira Mariya i Musanze
18 January, by Nshimiyimana EricUbuyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda ndetse n’ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze, bwitandukanyije n’amakuru yatangajwe, ashimangira ko muri aka karere habereye amabonekerwa ya Bikira Mariya.
-
Guterres yeretse amahanga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bijyana no kurwanya urwango n’ibiruhembera
7 April, by Jean de Dieu TuyizereUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umuryango mpuzamahanga gukura amasomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo amateka nk’aya atazasubira.
-
Ikinyoma karundura cya Ndayishimiye wasanishije RED Tabara, M23 n’Ingabo z’u Rwanda
19 January, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kugaragaza u Rwanda nk’ikibazo ku mutekano wo mu karere, avuga ko utatandukanya ingabo zarwo n’imitwe ya RED Tabara na M23, yirengagiza ubufatanye bwe n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’Umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi wahawe intebe muri RDC.
-
Mu myaka 10 Abanyarwanda bose bazaba bazigamira izabukuru: Bizaca mu zihe nzira?
22 January, by Ntabareshya Jean de DieuUrwego rw’Igihugu rw’Ubwitegenyirize mu Rwanda, ruteganya ko mu myaka 10 iri imbere Abanyarwanda bose bagomba kuba bazigamira izabukuru.
IGIHE