Sr Murekatete Anne Beatha umwe mu bagize Umuryango w’Abenebikira mu Rwanda yashimye abagize uyu muryango ushingiye ku mahame ya Kiliziya Gatolika, uburyo bakomeje kunga ubumwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, bakabasha gukora ibishoboka byose ngo mu kigo cyabo harokoke abantu nubwo byari bigoye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abenebebikira ntibatatiye igihango muri Jenoside: Umuhamya ni Sr Anna Beatha (Video)
16 January, by Karirima A. Ngarambe -
Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira ikirego cya Ingabire Victoire
16 January, by Ntabareshya Jean de DieuUrukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha inyuranye n’ibiteganywa na zimwe mu ngingo z’Itegeko Nshinga cyakirwa kikazasuzumwa.
-
Ibiciro bya lisansi na mazutu mu Rwanda byiyongereye
3 April, by Nshimiyimana Jean BaptisteUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze kuri 2303 Frw, aho yiyongereyeho 314 Frw, mu gihe litiro ya mazutu yageze kuri 2205 Frw, bivuze ko yiyongereyeho 257 Frw.
-
Parklane Center y’amagorofa 25 yatangiye kubakwa i Kigali
16 January, by Ntabareshya Jean de DieuImirimo yo kubaka Parklane Center iherereye iruhande rwa Kigali Convention Centre yatangiye. Ni inyubako izaba igizwe n’amagorofa 25.
-
Museveni yatorewe kuyobora Uganda muri manda ya Karindwi
17 January, by Jean de Dieu TuyizerePerezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye gutsinda amatora y’Umukuru w’Igihugu ku majwi 71,6%, ahigitse abandi bakandida barindwi bari bahatanye.
-
Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
4 April, by IGIHEUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa. Izi mpinduka zije zikurikiye izamuka rikomeye mu mateka y’u Rwanda y’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli kuko bwa mbere, Lisansi na Mazutu byarenze 2000 Frw, kimwe kikagera kuri 2.303 Frw ikindi aba 2.205 Frw.
-
Ibyihariye kuri Muhazi Dolce Vita, hoteli y’Umufaransa w’imyaka 26 wihebeye u Rwanda (Amafoto)
18 January, by Hakizimana Jean PaulMu nkengero z’Ikiyaga cya Muhazi mu gice giherereye mu Murenge wa Muhazi mu Karere ka Rwamagana, huzuye hoteli nshya yiswe ‘Muhazi Dolce Vita’ yitezweho gukurura ba mukerarugendo no kongera ubwiza bw’iki kiyaga gikundwa na benshi.
-
Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame
17 January, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Mamadi Doumbouya yarahiriye kuyobora Guinée Conakry muri manda y’imyaka irindwi, mu muhango witabiriwe na Perezida Paul Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu barenga umunani bo muri Afurika.
-
Abakiristu b’i Kigali binjiye muri Pasika basabwa kugira ukwemera gushyitse
4 April, by Léonidas MuhireArikiyepisikopi wa Kigali, Antoine Cardinal Kambanda yasabye abakirisitu kugira ukwemera gushyitse kuko ari ko shingiro rya byose harimo no kubaka ingo ziramba ndetse no kwirinda amakimbirane arimo n’intambara zigaragara hirya no hino ku Isi.
-
Kiliziya yitandukanyije n’abavuze ko babonekewe na Bikira Mariya i Musanze
18 January, by Nshimiyimana EricUbuyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda ndetse n’ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze, bwitandukanyije n’amakuru yatangajwe, ashimangira ko muri aka karere habereye amabonekerwa ya Bikira Mariya.
IGIHE