Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bacana urumuri rw’icyizere rwerekana ahazaza h’Abanyarwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije #Kwibuka32 (Amafoto)
7 April, by IGIHE -
Gates Foundation na OpenAI byatangije umushinga w’ubuzima wa miliyari 72 Frw uzatangirira mu Rwanda
21 January, by Igizeneza Jean DésiréIbigo Gates Foundation na OpenAI bigiye gutangiza umushinga wa miliyoni 50$ (arenga miliyari 72 Frw) uzafasha ibigo bya Afurika gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI) mu rwego rw’ubuvuzi. Umushinga uzatangirira mu Rwanda.
-
Umushinga wo kubaka isoko rigezweho ry’imbuto n’imboga uzatwara miliyari 77,2 Frw
22 January, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza Imbere Iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi, Bizimana Claude, yatangaje ko umushinga wo kubaka isoko rigezweho ry’imbuto n’imboga mu Mujyi wa Kigali uzatwara arenga miliyoni 53,4$ ni ukuvuga aranga miliyari 77,2 Frw.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Walk to Remember (Amafoto)
7 April, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Urugendo rwo Kwibuka ruzwi nka "Walk to Remember" rwabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 7 Mata 2026.
-
Bashaka n’ubwenegihugu: Imbamutima z’abahunze intambara ya Ukraine bahiriwe n’ubushabitsi mu Rwanda
22 January, by Isabwe FabiolaIntambara iragatsindwa, ntabwo wayifuriza uwawe na cyane ko isenya aho kubaka. Ukraine ni igihugu cyari kiri mu bikize, Abanyafurika barabizi ku bijyanye n’ibinyampeke, ariko ubu iyo wanditse ‘Ukraine’ muri Google bakwereka amatongo inzu zasenyutse n’ibindi.
-
Nta nyungu tubona mu Batutsi - Mitterrand, imyaka ine mbere ya Jenoside
9 April, by IGIHEUmubano wa Perezida François Mitterrand na Habyarimana Juvénal wagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi wavuzwe kenshi ndetse ibihamya by’uko umwe yari umubyeyi, undi ari umwana na byo si bishya.
-
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
23 January, by IGIHEUbushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo buryo bagahita bava mu ishuri.
-
Perezida Kagame yashimiye Ismail Omar Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti
12 April, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida Ismail Omar Guelleh wa Djibouti, amushimira ko yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika.
-
Imvano y’igitekerezo cyo gushyira Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku Kacyiru
24 January, by Jean de Dieu TuyizereVillage Urugwiro ni ibiro by’Umukuru w’Igihugu biherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Byatangiye gukoreshwa bihoraho mu myaka irenga 30 ishize ubwo Pasteur Bizimungu yayoboraga u Rwanda.
-
Tujyane muri Kōzo Kigali, restaurant ikomeye yihariye mu guhuza indyo zo muri Aziya na Afurika
25 January, by Tuyishimire Umutesi CelineKōzo Kigali ni restaurant iherereye ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo. Ni imwe muri nyinshi zifite umwihariko mu Rwanda, binagendanye na gahunda y’igihugu yo kuba igicumbi cyo kwakira abantu. Icyo gihe rero, ntiwabakira ngo ntubazimanire.
IGIHE