Perezida Kagame yagiranye ikiganiro kuri telefoni na Perezida Ismail Omar Guelleh wa Djibouti, amushimira ko yongeye gutorerwa kuyobora iki gihugu cyo mu ihembe rya Afurika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yashimiye Ismail Omar Guelleh wongeye gutorerwa kuyobora Djibouti
12 April, by Igizeneza Jean Désiré -
Imvano y’igitekerezo cyo gushyira Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku Kacyiru
24 January, by Jean de Dieu TuyizereVillage Urugwiro ni ibiro by’Umukuru w’Igihugu biherereye mu Murenge wa Kacyiru mu Karere ka Gasabo. Byatangiye gukoreshwa bihoraho mu myaka irenga 30 ishize ubwo Pasteur Bizimungu yayoboraga u Rwanda.
-
Tujyane muri Kōzo Kigali, restaurant ikomeye yihariye mu guhuza indyo zo muri Aziya na Afurika
25 January, by Tuyishimire Umutesi CelineKōzo Kigali ni restaurant iherereye ku Kimihurura mu Karere ka Gasabo. Ni imwe muri nyinshi zifite umwihariko mu Rwanda, binagendanye na gahunda y’igihugu yo kuba igicumbi cyo kwakira abantu. Icyo gihe rero, ntiwabakira ngo ntubazimanire.
-
Yitabiriye Rwanda Day mu Budage ahava atangiza ishoramari mu Rwanda: Velings, Umubiligi washimye Boneza i Rutsiro
26 January, by Jean de Dieu Tuyizere, Karirima A. NgarambeAkarere ka Rutsiro mu burengerazuba bw’u Rwanda, kabarizwamo hoteli 20 zirimo zirindwi zubatswe mu myaka irindwi ishize. Imwe mu zikunzwe cyane ni Umutuzo Lodge iherereye mu Murenge wa Boneza, ku nkombe z’Ikiyaga cya Kivu, hafi y’ikirwa cyitiriwe Napoléon n’icyitiriwe Inkende.
-
U Rwanda rwashimye uruhare rwa Kaminuza ya UGHE mu guteza imbere ubuvuzi
25 January, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yashimye uruhare rwa University of Global Health Equity, UGHE, imaze imyaka 10 itanga uburezi mu Rwanda, asaba abayirangijemo kugira uruhare mu guteza imbere ubuvuzi muri Afurika.
-
Perezida Kagame yahaye imbabazi Brig Gen (Rtd) Muziraguharara n’abandi bane
14 April, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yahaye imbabazi abantu batanu barimo Brig Gen (Rtd) Muziraguharara Fred wakoze imirimo itandukanye mu Ngabo z’u Rwanda na Lt Col (Rtd) Nkusi Robert.
-
Madamu Jeannette Kagame yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
25 January, by Igizeneza Jean DésiréMadamu Jeannette Kagame yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro, ashimirwa umuhate ukomeye yashyize mu guteza imbere ubuvuzi, uburezi no guharanira ko byagera kuri buri wese ntawe usigaye inyuma.
-
Abenshi barahangayitse: Leta yasabwe kugenzura imihanda yangiza imitungo y’abaturage
29 January, by Igizeneza Jean Désiré, Theodomire MunyengabeMu bigaragaza ko iterambere ry’igihugu riri kwihuta harimo kubaka ibikorwaremezo birimo imihanda yoroshya ubuhahirane, ubwikorezi n’ibindi bikorwa bitandukanye.
-
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abayobozi ba UGHE
26 January, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye ku meza abayobozi batandukanye b’Umuryango Partners in Health n’aba University of Global Health Equity (UGHE), baganira ku musaruro w’iyi kaminuza mu burezi bw’u Rwanda.
-
Umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe waragabanyutse- MINISANTE
27 January, by Ntabareshya Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera yatangaje umubare w’Abanyarwanda bafite Ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanyutse ugereranyije n’imyaka itanu ishize, aho byavuye kuri 20,5% mu 2018, bigera kuri 18,6% mu 2025.
IGIHE