Ubutabera buhabwa abana bakurikiranyweho ibyaha cyangwa abakorewe ibyaha, ni kimwe mu bihangayikishije inzego zitandukanye z’igihugu kugira ngo abo bana bahabwe ubutabera bukwiye kandi bwihuse.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Inenge ziri mu butabera buhabwa abana mu Rwanda
29 January, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Uwera Jean Maurice yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije
28 January, by Igizeneza Jean DésiréInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 28 Mutarama 2026, yagize Jean Maurice Uwera, Umuvugizi wa Guverinoma Wungirije.
-
Amayeri FDLR ikoresha ngo idatsinsurwa
29 January, by Eric KabanoNubwo umutwe wa M23 wagiye ugaragaza intsinzi zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko kuva mu mpeshyi ya 2022, FDLR ntiyigeze itsindwa ku buryo bufatika cyangwa ngo icike burundu. Ahubwo, yashimangiye uburyo imaze imyaka myinshi ihindura isura, yivanga mu zindi ngabo.
-
Perezida Kagame yageze i Brazzaville muri Congo
15 April, by Jean de Dieu TuyizereKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 15 Mata 2026, Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville muri Repubulika ya Congo, aho yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Denis Sassou Nguesso watsinze amatora y’Umukuru w’Igihugu.
-
Byagenda bite mu Rwanda habayeho ikosa ryo gufungura umugororwa utararangiza igihano?
30 January, by Ntabareshya Jean de DieuAbakunzi ba filime, bazi neza iyitwa Prison Break n’izindi zakunzwe zirimo uburyo abantu bafunzwe bakoresha imbaraga kugira ngo babashe gutoroka gereza. Hari kandi ibihugu bitandukanye, usanga birekuye umugororwa byibeshye ko arangije igihano cye, nyamara yari atarakirangiza ibizwi nka ‘release in error’.
-
Aho gusabira u Rwanda ibihano, RDC igomba kwicara igashyira mu bikorwa ibyo yiyemeje - Nduhungirehe
30 January, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitwara nk’aho itarebwa n’amasezerano y’amahoro yasinye nyamara iki gihugu gikwiye kuva mu byo gusabira u Rwanda ibihano kigakurikiza ibyo cyiyemeje.
-
Yavuye muri Amerika yimukira mu Rwanda hamubera ijuru rito: Ubuhamya bwa Clark wabonye icyo amafaranga atagura (Amafoto na Video)
31 January, by Isabwe FabiolaUkigera mu Kagari ka Kanzenze mu Karere ka Bugesera, usanganirwa n’akayaga gahehereye n’ubwiza bw’ahantu hihariye hateye ibiti by’imikindo, ubutaka bwitaruye buhinzeho ikawa, imboga n’imbuto zitandukanye.
-
Perezida Kagame yashimye Atlético de Madrid na PSG zakomeje muri ½ cya UEFA Champions League
15 April, by IGIHEPerezida Kagame yashimiye amakipe ya Atlético de Madrid na Paris Saint Germain akorana n’u Rwanda muri gahunda ya Visit Rwanda, yageze muri ½ cy’imikino ya UEFA Champions League.
-
Ibyabaye mu ijoro ryagize abanyeshuri b’i Nyange Intwari, umunsi baterwa n’Abacengezi
1 February, by Ayera BelyneImyaka 29 irashize Abacengezi bateye Ishuri Ryisumbuye ry’i Nyange bagasaba abanyeshuri bo mu mwaka wa gatanu n’uwa gatandatu, kwitandukanya Abatutsi bakajya ukwabo n’Abahutu bakajya ukwabo. Abo banyeshuri bahisemo kuvuga ko bose ari Abanyarwanda, babihurizaho batari bigeze babijyaho inama.
-
Abantu babiri bananirwa kubana bate? Perezida Kagame ku makimbirane y’abashakanye
1 February, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri bashakanye bananiranwa kubana kugeza batandukanye, avuga ko abantu bari bakwiye kwihanganirana, ndetse aha umukoro abanyamadini wo gushaka igisubizo kirambye kuri icyo kibazo.
IGIHE