Perezida Kagame yashimye Arsenal ifitanye ubufanye n’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda, ku bwo kubona itike ya ½ cy’imikino ya UEFA Champions League, ayifuriza kuzakomeza no mu cyiciro gikurikira.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal yabonye itike ya ½ cya Champions League
16 April, by IGIHE -
Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima abashaka guhindura u Rwanda uko bashaka
1 February, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ushobora guhindura igihugu nk’u Rwanda uko ashaka kuko atari we wakiremye, yibutsa Abanyarwanda ko nta muntu ukwiye kubashuka ngo babeho uko ashaka.
-
Perezida Kagame yaganiriye na mugenzi we wa Congo
15 April, by IGIHEPerezida Paul Kagame yakiriwe na mugenzi we uherutse kongera gutorerwa kuyobora Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso, bagirana ibiganiro byibanze ku gukomeza guteza imbere umubano w’ibihugu byombi usanzwe uhamye.
-
Umwarimu wiyeguriye politiki, arwanya akarenganane - Ibyaranze ubuzima bw’intwari Agathe Uwilingiyimana
2 February, by Tuyishimire Umutesi CelineAgathe Uwilingiyimana ni umwe mu Ntwari z’u Rwanda iri mu cyiciro cy’Imena. Yibukirwa ku bikorwa bitandukanye yakoze birimo guharanira uburenganzira bungana ku bantu bose mu burezi, no guhangana byeruye na Leta ya Habyarimana yateguye ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Ubucuruzi, ikibazo cya FDLR n’ibiyobyabwenge byoherezwa mu Rwanda: Ikiganiro na Meya wa Goma (Video)
2 February, by Jean de Dieu TuyizereUmuyobozi w’Umujyi wa Goma, Julien Katembo Ndaliema, yatangaje ko kuva ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangira kuwugenzura, ryawusubije ku murongo mu nzego zitandukanye zirimo umutekano ndetse n’ubucuruzi.
-
Minisitiri Nduhungirehe yagaragaje ibinyoma byuzuye mu kiganiro cy’umugore wa Habyarimana
2 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ikiganiro giherutse kujya hanze cy’umugore wa Juvénal Habyarimana, Agathe Kanziga, cyuzuyemo ibinyoma no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Imyanzuro y’Umushyikirano uheruka yubahirijwe ku kigero cya 80%
3 February, by Nshimiyimana Jean BaptisteGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imyanzuro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 19 yashyizwe mu bikorwa ku rugero rurenga 80%, aho nko kuzamura umusaruro ukomoka ku buhinzi, kubaka udukiriro mu gihugu hose no korohereza Abanyarwanda baba hanze y’igihugu kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu biri mu byagezweho neza.
-
41,1% by’abahawe gatanya mu Rwanda bari bataramarana imyaka 10
17 April, by Hakizimana Jean PaulRaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, yagaragaje ko ingo 2.629 zahawe gatanya zinashyirwa muri muri sisiteme mu 2025, ndetse 41,1% bari bamaranye imyaka itageze ku 10 babana, mu gihe ingo 18 gusa mu zahawe gatanya ari zo zari zimaranye igihe kirenze imyaka 45.
-
U Rwanda rwoherereje Mozambique inkunga y’ibiribwa n’imiti
3 February, by Mugisha ChristianGuverinoma y’u Rwanda yoherereje Mozambique inkunga ya toni 20 z’ibiribwa n’imiti, igenewe gufasha abaturage b’iki gihugu bagizweho ingaruka n’imyuzure iherutse kucyibasira.
-
U Rwanda rwashimangiye ko gusenya FDLR ari ngombwa kugira ngo hakurweho ingamba z’ubwirinzi
19 April, by IGIHEMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ingingo y’ingenzi mu masezerano y’amahoro n’ubufatanye hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasinyiwe i Washington, ari ugukora ibikorwa bya gisirikare bigamije gusenya FDLR, u Rwanda rukabona gukuraho ingamba z’ubwirinzi.
IGIHE