Uburyo bwo guhererekanya amafaranga bukoreshwa cyane mu Rwanda bwamaze kuba ubw’ikoranabuhanga ndetse mu mezi atandatu ya mbere ya 2025 bwakoreshejwe mu guhererekanya miliyari ibihumbi 13 Frw imbere mu Rwanda gusa. Ikibazo cyibazwa ni uko byagenda mu gihe uburyo bwo kohererezanya amafaranga bwagira ikibazo bikamara amasaha menshi cyangwa n’iminsi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Byagenda bite Mobile Money imaze igihe kirekire yahagaze mu Rwanda?
6 February, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
RDC n’amahanga akomeje kuyikingira ikibaba mu bitambamiye amahoro mu Karere
6 February, by Igizeneza Jean DésiréMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko hari ibisabwa byose kugira ngo amahoro ahinde mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, icyakora intambamyi ikomeje kuba ab’i Kinshasa n’umuryango mpuzamahanga ukomeje kubakingira ikibaba.
-
Leta yategetse ibigo byayo kugura imodoka zikoresha amashanyarazi
22 April, by IGIHEMinisiteri y’Ibikorwaremezo yasabye ibigo bya Leta ko mu modoka nshya bizagura, hagomba kubamo nibura 30% zikoresha amashanyarazi hagamijwe kugabanya ibyo kwishingikiriza lisansi na mazutu, no kugabanya imyuka ihumanya u Rwanda rwohereza mu kirere.
-
Perezida Kagame yagaragaje uko Abanyarwanda bakwiriye kwitwara ku bashaka kubasubiza inyuma
6 February, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwirinda urwitwazo rw’amateka arimo ay’ubucakara n’ubukoloni, bagakomeza urugendo rwo kwiteza imbere badakangwa n’abanyamahanga bagerageza kubagumisha mu bukene.
-
Lisansi ya Aliko Dangote yatangiye gutekerezwa n’abikorera bo mu Rwanda
22 April, by Ntabareshya Jean de DieuUrugaga rw’Abikorera mu Rwanda ruri gutekereza uko rwakwerekeza amaso mu bihugu nka Nigeria, rukagura ibikomoka kuri peteroli bya Aliko Dangote mu gushaka igisubizo cy’ingaruka ziri guterwa n’intambara yo muri Iran.
-
Hariana Verás, Umunyamakuru wiyambuye ubunyamwuga, agahinduka igikoresho cya Tshisekedi
7 February, by Musangwa ArthurMu biganiro n’abanyamakuru byo muri White House birebana n’umugabane wa Afurika ntihaburamo umugore uhorana inyota yo kubaza ibibazo. Kuri bamwe, Hariana Verás Victória agaragara nk’impirimbanyi ariko bakamunengera bikomeye ko yifashisha uyu muhate mu gukwirakwiza icengezamatwara ry’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Nimpfa bazanshyingure hano- Inkuru ya Somar Talat, Umunya-Syria u Rwanda rwakiriye yabuze epfo na ruguru
8 February, by Tuyishimire Umutesi CelineSomar Talat ni Umunya-Syria wazengurutse ibihugu byinshi, ariko aza kwiyemeza gutura mu Rwanda no kugira ibyo ahakorera, nyuma yo kubona ko ari igihugu kizamufasha kurenga ingaruka z’amateka mabi yanyuzemo.
-
Perezida Kagame yakurikiye umukino wa mbere wa ‘CAVB Men’s Club Championship 2026’
22 April, by Iradukunda OlivierPerezida Paul Kagame yakurikiye umukino wa mbere w’irushanwa rya ’CAVB Men’s Club Championship 2026’ rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku Mugabane wa Afurika muri Volleyball, warangiye APR VC itsinze Black Rhinos amaseti 3-0.
-
I Kigali bizakorwa mu byumweru birindwi: Imiterere ya gahunda yo gufotora abashaka Indangamuntu koranabuhanga
8 February, by Ntabareshya Jean de DieuIkigo cy’Igihugu gishinzwe Indangamuntu (NIDA), cyatangije mu Mujyi wa Kigali ibikorwa byo kwemeza imyirondoro no gufotora abaturage hagamijwe gutanga Indangamuntu koranabuhanga.
-
Moto zikoresha lisansi zigiye gukumirwa ku isoko ry’u Rwanda
23 April, by Ntabareshya Jean de DieuUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda, abantu bakayoboka izikoresha amashanyarazi.
IGIHE