Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko 82,5% by’abakozi bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, umubare ukubye inshuro zitabarika uw’abajya ku kazi bakoresheje bisi na moto cyangwa ibinyabiziga byabo bwite.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abakozi 82,5% bo mu Rwanda bajya ku kazi n’amaguru, bivuze iki?
10 February, by Iradukunda Serge -
Nduhungirehe yagaragaje ingero zishimangira ubunyamwuga buke bw’umunyamakuru Hariana Véras
9 February, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo umunyamakuru Hariana Véras Victória avuga ko akora kinyamwuga, ibikorwa bye bigaragaramo ubunyamwuga muke kuko yirengagiza ukuri ku bibera mu Karere.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Xu Hui ku gushinga mu Rwanda uruganda rw’imodoka z’amashanyarazi
23 April, by IGIHEPerezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Chairman wa Resource International Investments (RRII), akaba na Visi Perezida n’Umunyamabanga w’Inama y’Ubutegetsi wa Chery Holding Group, Xu Hui, byibanze ku mahirwe y’ishoramari aboneka mu Rwanda, by’umwihariko ku gushinga mu Rwanda uruganda ruteranya imodoka z’amashanyarazi.
-
U Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri mu kurwanya ruswa ku rwego rw’Isi
10 February, by Léonidas MuhireUmuryango Mpuzamahanga ushinzwe kurwanya Ruswa n’Akarengane, Transparency International (TI) watangaje ko ugereranyije n’umwaka wabanje, mu 2025 u Rwanda rwazamutseho imyanya ibiri ku rwego rw’Isi mu kurangwamo ruswa nke, rugera ku mwanya wa 41.
-
U Rwanda na RDC byasuzumye aho bigeze byubahiriza amasezerano ya Washington
24 April, by Jean de Dieu TuyizereAbahagarariye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahuriye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu nama ya gatanu y’urwego ruhuriweho, basuzuma aho bigeze byubahiriza amasezerano y’amahoro ya Washington.
-
Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo
11 February, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi bwa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ku bumwe n’ubudaherarwa bw’Abanyarwanda bwagaragaje ko abantu 61% bemeza ko gahunda yo gutwika imirambo yakemura ikibazo cy’ubutaka bwo gushyinguraho bugenda buba buto.
-
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko i Chantilly mu Bufaransa
24 April, by IGIHEPerezida Kagame yagiriye uruzinduko mu Bufaransa mu Mujyi wa Chantilly aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku miyoborere n’izindi ngeri zose z’iterambere, World Policy Conference (WPC), ahaganirirwamo uburyo buboneye bw’imibereho idaheza kandi yisangwamo na buri gihugu ku Isi.
-
Tshisekedi ntagishaka ko duhura- Louise Mushikiwabo
11 February, by Iradukunda SergeUmunyamabanga Mukuru wa OIF, Louise Mushikiwabo, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butishimiye kubona Umunyarwandakazi ayoboye Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF) kugeza aho Perezida w’iki gihugu, Félix Antoine Tshisekedi atacyifuza ko bahura.
-
Perezida Kagame yasabye Abanyafurika kwiyitaho no gukorana n’abandi mu bitanga umusaruro
25 April, by IGIHEPerezida Kagame yavuze ko icyo Afurika ishaka cyoroheje, ko ari icy’uko Abanyafurika bakwiye kwiyitaho ubwabo no gukorana n’ibindi bihugu mu buryo butanga umusaruro, aho gukomeza kwiheza no kwicamo ibice.
-
Bifite ikibuga cya kajugujugu: Dusure ibitaro bishya bya CHUK (Amafoto na Video)
12 February, by Ntabareshya Jean de DieuUmushinga wo kwagura mu bushobozi n’ubunini Ibitaro bya Masaka mu Karere ka Kicukiro ahazimurirwa ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) mu rwego rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa umubare munini w’ababigana, ugeze ku musozo.
IGIHE