Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw iva kuri miliyari 7.032,5 Frw igera kuri miliyari 6.952,1 Frw.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ingengo y’imari ya 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw
12 February, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Hari ibiba ukabyibazaho - Perezida Kagame ku bitinza igisubizo cy’ibibazo byo mu karere
25 April, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yagaragaje ko abashaka gukemura ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu karere muri rusange bita ku nyungu zabo ku buryo bituma yibaza niba ibisubizo birambye bizaboneka.
-
Impamvu u Rwanda rushaka kuvugurura Itegeko rigenga BNR
13 February, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite, yemeje ishingiro ry’Umushinga w’itegeko rigenga Banki Nkuru y’u Rwanda, riteganya uburyo Leta ishobora kuyongerera amafaranga kugira ngo igire ubwihaze bwayifasha kugira imikorere irambye.
-
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Art-Rwanda Ubuhanzi Xperience
13 February, by Ntabareshya Jean de DieuMadamu Jeannette Kagame yitabiriye igitaramo cya Art-Rwanda Ubuhanzi Xperience no gusoza icyiciro cya Gatatu cy’amarushanwa ya Art-Rwanda Ubuhanzi agamije gushyigikira no guteza imbere impano z’urubyiruko mu bijyanye n’ubuhanzi.
-
Kaburimbo zihanzwe amaso zigeze kure zubakwa
14 February, by IGIHEGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imirimo yo kuvugurura no kubaka imihanda mishya ishyirwamo kaburimbo irimbanyije hirya no hino mu gihugu, aho nk’umuhanda wa Base-Butaro-Kidaho ureshya na kilometero 63 ugeze ku gipimo cya 56%.
-
Mu mfuruka z’icyumba Perezida Ndayishimiye yaherewemo kuyobora AU
14 February, by IGIHEKuva ku wa 14-15 Gashyantare 2026, Abakuru b’igihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe bahuriye mu nama ya 39, ari na ho AU yatangiriye kuyoborwa na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, umaze imyaka yohereje ingabo mu ntambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ndetse bombi bagahurira ku gufatanya na FDLR ishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye bidakwiye gutegekwa uko bibaho
26 April, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye byagowe kuko ibikize bihora bishaka kubitegeka ibyo bigomba gukora no kubigenera ubuzima bigomba kubamo nyamara byakabayeho mu bwubahane no mu bwuzuzanye.
-
Geleta wa Trinity Metals yashyize umucyo ku nkomoko y’amabuye y’agaciro yo mu Rwanda
15 February, by Ntabareshya Jean de DieuUmuyobozi Mukuru wa Sosiyete ya Trinity Metals icukura ikanatunganya amabuye y’agaciro ya Wolfram mu birombe bya Nyakabingo biherereye mu Karere ka Rulindo Trinity Metals, Peter Geleta, yatanze umucyo ku nkomoko y’amabuye y’agaciro y’u Rwanda.
-
Irimbi rya Rusororo rigiye kuzura ku nshuro ya gatatu
16 February, by Idukunda Kayihura Emma SabineIkibazo cy’amarimbi gikomeje kuba ingutu mu Rwanda bijyanye n’ubuto bwarwo n’ikimenyimenyi Irimbi rya Rusororo byateganywaga ko rizuzura mu 2029 rigitangira mu 2011 ubu rimaze kwagurwa inshuro ebyiri ndetse n’ubu rirabura amezi arindwi ngo ryuzure.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje Muyaya wigurukije ubwomatane bwa FARDC na FDLR
15 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, wihakanye imikoranire y’igihugu cyabo FDLR igizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
IGIHE