Umuyobozi Mukuru wa Sosiyete ya Trinity Metals icukura ikanatunganya amabuye y’agaciro ya Wolfram mu birombe bya Nyakabingo biherereye mu Karere ka Rulindo Trinity Metals, Peter Geleta, yatanze umucyo ku nkomoko y’amabuye y’agaciro y’u Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Geleta wa Trinity Metals yashyize umucyo ku nkomoko y’amabuye y’agaciro yo mu Rwanda
15 February, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Irimbi rya Rusororo rigiye kuzura ku nshuro ya gatatu
16 February, by Idukunda Kayihura Emma SabineIkibazo cy’amarimbi gikomeje kuba ingutu mu Rwanda bijyanye n’ubuto bwarwo n’ikimenyimenyi Irimbi rya Rusororo byateganywaga ko rizuzura mu 2029 rigitangira mu 2011 ubu rimaze kwagurwa inshuro ebyiri ndetse n’ubu rirabura amezi arindwi ngo ryuzure.
-
Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje Muyaya wigurukije ubwomatane bwa FARDC na FDLR
15 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, wihakanye imikoranire y’igihugu cyabo FDLR igizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
-
Mu 2025 mu Rwanda handitswe ishoramari rya miliyari 2,6$, ubukerarugendo bwinjiza miliyoni 685$
28 April, by Iradukunda SergeUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko mu 2025 mu Rwanda handitswe ishoramari rifite agaciro ka miliyari 2,62$ rikubiye mu mishinga 799 yanditswe, ivuye kuri 612 mu 2024.
-
Yasuwe n’abarenga ibihumbi 59, yinjiza miliyoni 5$: Umusaruro wa Pariki y’Akagera mu 2025
16 February, by Hakizimana Jean PaulUbuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko umubare w’abayisura mu 2025 wiyongereye, ugera ku bantu 59.538, bituma yinjiza miliyoni 5,06 $.
-
Hari abakorera 1.100 Frw mu isaha: Ishusho y’ibyinjira mu mufuka w’umukozi mu Rwanda
1 May, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbushakashatsi bukorwa n’ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) ku bakora n’abashomeri mu Rwanda bwa 2025 bwagaragaje ko abakora muri serivisi zitandukanye bari mu binjiza amafaranga menshi ku isaha kuko ugereranyije abarirwa mu 1.100 Frw, mu gihe abakora mu buhinzi babarirwa muri 408 Frw.
-
Ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyizeho si ubushotoranyi, ni inshingano
16 February, by Musangwa ArthurHashize imyaka myinshi u Rwanda rushinjwa guhungabanya umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC); ibirego bipfukirana ukuri kw’ikibazo nyir’izina kandi gufitiwe ibihamya byinshi.
-
Urugomero rwa Nyabarongo II, imihanda n’amavuriro…: Ingengo y’imari ya 2025/26 igeze kuri 65% ikoreshwa
17 February, by Ntabareshya Jean de DieuGuverinoma y’u Rwanda yerekanye ko Ingengo y’Imari yari yatowe n’Inteko Ishinga Amategeko muri Kamena 2025, imaze gukoreshwa ku gipimo cya 65% nubwo iri mu nzira zo kuvugururwa hakagira ibikorwa bimwe byongererwa amafaranga ku bindi akagabanywa.
-
Guteza imbere ubucukuzi no kunoza imyigishirize y’indimi: Imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano ya 20
17 February, by Igizeneza Jean DésiréGuverinoma y’u Rwanda yatangaje imyanzuro y’Inama y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, igamije guteza imbere ubukungu, imibereho myiza n’imiyoborere.
-
Perezida Kagame yageze muri Tanzania
3 May, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame yageze muri Tanzania kuri uyu 3 Gicurasi 2026, mu ruzinduko rw’umunsi umwe rugamije kongera imbaraga mu mubano uri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.
IGIHE