Benshi mu Banye-Congo bibaza amaherezo y’imvururu zimaze imyaka 30 mu Burasirazuba bw’igihugu cyabo, abaturanyi babo natwe tukibaza igihe impunzi tumaze imyaka irenga 25 ducumbikiye zizatahira. Si ukurambirwa abaturanyi ahubwo ni uko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo butagaragaza ubushake bwatuma bataha.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ni nde uzacungura Abanye-Congo?
16 July 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Insengero nyinshi zifunzwe; icyerekezo cya ADEPR no gutakaza umwimerere - Pst. Ndayizeye yabivuye imuzi
27 December 2024, by Ntabareshya Jean de DieuUmushumba Mukuru w’Itorero rya ADEPR mu Rwanda, Ndayizeye Isaïe, yagaragaje ko rifite icyerekezo gishya cyo kubaka ubukirisitu bwuzuye, anenga abavuga ko itorero ryataye umwimerere ryatangiranye.
-
Mu mfuruka za Weekend y’injyanamuntu i Rubavu: Umuziki, inzoga, itabi n’ishimishamubiri!
13 July 2025, by Nshimiyimana Eric, Tuyishimire Umutesi Celine“Ndatekereza ko mwari mubikeneye, rimwe na rimwe kubera ko nsigaye mbona abantu bananiwe, rero mwari mukeneye ibyo biruhuko”. Aya ni amagambo ya Perezida Kagame avuga ku biruhuko byabaye ku wa 1 Nyakanga kugeza ku wa 4 Nyakanga, bigakurikirwa na ‘weekend’ ku buryo abakozi basubiye mu kazi ku wa 7 Nyakanga.
-
Ibyo wamenya ku bahawe inshingano mu nzego nkuru z’igihugu
17 July 2025, by Jean de Dieu TuyizereInama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 16 Nyakanga 2025, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu zirimo za Minisiteri.
-
Kubaga umwana uri mu nda, kumwongerera amaraso, gutahura ibizamubaho - Impinduka nshya mu buvuzi bw’u Rwanda
17 July 2025, by Igizeneza Jean Désiré, Nshimiyimana Jean BaptisteU Rwanda rwakoze ibishoboka mu gukurikirana ubuzima bw’umugore utwite no mu kugabanya impfu z’abana bapfa bavuka n’abagore bapfa babyara, binyuze mu buryo butandukanye.
-
Ibisubizo bya Dr Mukagaju ku bibazo wibaza kuri ‘Plastic Surgery’ ikorerwa mu Rwanda
27 July 2025, by Tuyishimire Umutesi CelineUbu aho u Rwanda rugeze ntibigisaba kujya ibwotamasimbi ugiye gushaka serivisi z’ubuvuzi kuko n’izavugwaga ko zikomeye ubu i Kigali zisigaye zitangwa nta nkomyi.
-
Munyantwali Alphonse azibukirwa ku ki muri FERWAFA?
23 July 2025, by Eric Tony UkurikiyimfuraIminsi itatu nyuma yo gutorwa, ubwo hakorwaga ihererekanyabubasha hagati ya komite y’inzibacyuho na komite nshya, uwari Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Munyantwali Alphonse, yagize ati “Kugira isura mbi ni bibi cyane. FERWAFA igomba kugira isura nziza.”
-
Perezida w’u Burundi yirengagije ibimenyetso, yigarama ibyo gukorana na FDLR
27 December 2024, by Niyigena RadjabuPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yigaramye ibivugwa ko ingabo z’igihugu cye zikorana n’umutwe wa FDLR wakoze Jenoside mu Rwanda, avuga ko ibyo ari nk’igitutsi, mu gihe ibihamya byakunze kubigaragaza inshuro nyinshi.
-
Perezida Kagame yagaragaje inenge ziri muri politiki mpuzamahanga
30 December 2024, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yanenze uburyo muri politiki y’Isi hafatwa ibyemezo bidashingiye ku mpamvu zifatika. Ni igitekerezo yatanze ku rugendo Kiliziya Gatolika yatangiye ruganisha ku kugira umuhire Baudouin wabaye Umwami w’u Bubiligi.
-
Impamvu hakenewe Minisiteri yihariye ishinzwe Diaspora
23 July 2025, by Pacifique MunezeroUbwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezo bwite by’umwanditsi, bigaruka ku bibazo bibangamiye Abanyarwanda baba muri diaspora n’uburyo byakemuka.
IGIHE