Minisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly, yatangaje ko batanejejwe n’umusaruro Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ‘Amavubi’ itanga ariko ko hari icyerekezo kigamije kuyifasha gutanga umusaruro binyuze mu kwegeranya abafite impano bari hirya no hino ku Isi no kugira abayobozi basobanukiwe umupira w’amaguru.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Minisitiri Mukazayire yabajijwe ku mpinduka zihora muri FERWAFA n’abatoza Amavubi
19 February, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Minisitiri w’Intebe yasabye Col Sumanyi kudakoresha ububasha yahawe mu nyungu ze bwite
19 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye indahiro y’Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, amusaba guharanira ubutabera buboneye kandi akirinda gukoresha ububasha afite mu nyungu ze bwite.
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League
5 May, by IGIHEPerezida Kagame yagaragaje ko umukino wahuje amakipe y’abafatanyabikorwa ba Visit Rwanda, Arsenal FC na Atletico Madrid wari mwiza, ashima Arsenal FC yabonye itike yo gukina umukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsinze Atletico Madrid.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Senateri Daines ku bufatanye bw’u Rwanda na Amerika
19 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye Senateri Steve Daines wa Leta ya Montana imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Botswana
6 May, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agiye kugirira muri iki gihugu cyo muri Afurika y’amajyepfo.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC
19 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Komiseri muri Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ushinzwe uburinganire kwitegura no guhangana n’ibibazo, Hadja Lahbib.
-
U Rwanda ntirushaka u Burundi mu biganiro byo kurwunga na RDC
20 February, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aherutse gutangira inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, adakwiriye kugira uruhare mu buhuza bijyanye n’ikibazo u Rwanda rufitanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko igihugu cye gifite uruhare mu bibazo bihari.
-
Urukiko rwanzuye ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga muri Jenoside rikomeza
6 May, by Jean de Dieu TuyizereUrukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwasabye ko hakomeza iperereza ku ruhare umugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no mu itegurwa ryayo.
-
Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda rimaze gucururizwaho miliyari ibihumbi 28 Frw
20 February, by Léonidas MuhireUbuyobozi bw’Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (RSE) bwatangaje ko mu myaka 15 rimaze rishinzwe amafaranga amaze gucururizwaho afite agaciro ka miliyari ibihumbi 28 Frw kandi ko agize ijanisha rirenze 100% by’Umusaruro Mbumbe w’Igihugu (GDP).
-
Perezida Kagame yagaragaje ko u Rwanda na Botswana byabera Afurika urugero ku bibazo by’imiyoborere byayizonze
7 May, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko Afurika itabuze abanyempano cyangwa ibitekerezo byiza ahubwo mu bihe bitandukanye habuze abashyira mu bikorwa intego yihaye, ashimangira ko hagendewe ku miyoborere y’u Rwanda na Botswana ibihugu byombi byaziba icyuho uyu mugabane ufite mu miyoborere.
IGIHE