Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko abatuye ku butaka bwagenewe ubuhinzi bisanze mu bibazo birenze ubushobozi bwabo bwo kubikemura birimo kubura amahirwe menshi y’iterambere, basaba Leta kubafasha.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ihurizo mu gukemura ikibazo cy’abatuye ahagenewe ubuhinzi bitabaturutseho
18 February, by Léonidas Muhire -
Inyubako ya RDB yafunzwe nyuma y’igihe havugwa ibibazo by’ubuziranenge bwayo
4 May, by IGIHEUrwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko guhera ku wa 5 Gicurasi 2026, inyubako ya RDB iherereye ku Gishushu izafungwa by’agateganyo kubera imirimo yo kuyivugurura.
-
Imibereho myiza yahawe umwihariko: Uko ingengo y’imari ivuguruye izasaranganywa
19 February, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Rusange ya Sena yemeje ibitekerezo byayo ku mushinga w’itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta ya 2025/2026 ivuguruye izagabanyukaho miliyari 80,4 Frw. Iyi ngengo y’imari ivuguruye yashyize imbere imibereho myiza y’abaturage kuko amafaranga azayikoreshwamo aziyongera.
-
Minisitiri Mukazayire yabajijwe ku mpinduka zihora muri FERWAFA n’abatoza Amavubi
19 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri wa Siporo, Mukazayire Nelly, yatangaje ko batanejejwe n’umusaruro Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ‘Amavubi’ itanga ariko ko hari icyerekezo kigamije kuyifasha gutanga umusaruro binyuze mu kwegeranya abafite impano bari hirya no hino ku Isi no kugira abayobozi basobanukiwe umupira w’amaguru.
-
Minisitiri w’Intebe yasabye Col Sumanyi kudakoresha ububasha yahawe mu nyungu ze bwite
19 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye indahiro y’Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare, Col Charles Sumanyi, amusaba guharanira ubutabera buboneye kandi akirinda gukoresha ububasha afite mu nyungu ze bwite.
-
Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League
5 May, by IGIHEPerezida Kagame yagaragaje ko umukino wahuje amakipe y’abafatanyabikorwa ba Visit Rwanda, Arsenal FC na Atletico Madrid wari mwiza, ashima Arsenal FC yabonye itike yo gukina umukino wa nyuma wa UEFA Champions League itsinze Atletico Madrid.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Senateri Daines ku bufatanye bw’u Rwanda na Amerika
19 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye Senateri Steve Daines wa Leta ya Montana imwe mu zigize Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Botswana
6 May, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yageze i Gaborone muri Botswana, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri agiye kugirira muri iki gihugu cyo muri Afurika y’amajyepfo.
-
Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC
19 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yakiriye Komiseri muri Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ushinzwe uburinganire kwitegura no guhangana n’ibibazo, Hadja Lahbib.
-
U Rwanda ntirushaka u Burundi mu biganiro byo kurwunga na RDC
20 February, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko nubwo Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aherutse gutangira inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, adakwiriye kugira uruhare mu buhuza bijyanye n’ikibazo u Rwanda rufitanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko igihugu cye gifite uruhare mu bibazo bihari.
IGIHE