Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwagaragaje ko rugiye gutangiza igerageza ku buryo bushya bwo gutwara abantu mu buryo bwa rusange mu ngendo zigana mu ntara zitandukanye, aho ibigo biri muri urwo rwego bihuza imikorere hagamijwe kunoza serivisi.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Impungenge z’ibigo bitwara abagenzi ku igerageza rigamije kunoza serivisi
21 February, by Ntabareshya Jean de Dieu -
Ese koko Habyarimana yatunguwe n’urugamba rwa RPA-Inkotanyi rwo kubohora igihugu?
23 February, by Musangwa ArthurMu mateka ya politiki y’u Rwanda, kimwe mu bibazo byakomeje kugibwaho impaka ni ukumenya niba Perezida Juvénal Habyarimana n’ubutegetsi bwe baratunguwe n’urugamba rwo kubohora igihugu rwatangijwe na RPA-Inkotanyi ku wa 1 Ukwakira 1990, cyangwa niba bwari bufite amakuru ahagije mbere yarwo.
-
Gasana Eugène wabaye Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, yahamijwe icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina
8 May, by IGIHEAbacamanza mu Rukiko rw’i Manhattan muri Leta Zunze Ubumweza Amerika, ku wa Kane tariki 7 Gicurasi 2026, bemeje ko Eugène-Richard Gasana wahoze ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Loni, yakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina umukobwa wamureze, mu kirego cyatanzwe mu 2019.
-
Harimo igura miliyoni 5,5 Frw: Imaramatsiko ku nzoga zihenze ku isoko ry’u Rwanda
22 February, by Mugisha ChristianUruganda rwo kwenga no gukora inzoga ni rumwe mu zirimo amafaranga menshi ku Isi bitewe n’umubare munini w’abakiliya ba zo, ndetse rutanga imirimo ku bihumbi by’abantu. Ibi ni nako bimeze k’u Rwanda.
-
Umwihariko wa Tour du Rwanda 2026
21 February, by Eric Tony UkurikiyimfuraKuva ku Cyumweru tariki ya 22 Gashyantare, kugeza ku ya 1 Werurwe 2026, mu bice bitandukanye by’igihugu harabera irushanwa mpuzamahanga ry’amagare “Tour du Rwanda 2026” rigiye kuba ku nshuro ya 18.
-
Nduhungirehe yashyize umucyo ku binyoma bya RDC ikomeje gukerensa FDLR
22 February, by Ntabareshya Jean de DieuMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza ibinyoma bya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gukerensa umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
23 February, by Bukuru JCMupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, bibaza ku murongo mushya yafashe wo guharabika abayobozi no kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse n’icyaba cyabimuteye.
-
Iyobokamana nk’inkingi ya FDLR: Ukwemera kwahinduwe intwaro y’iterabwoba
24 February, by Musangwa ArthurIyobokamana ryabaye imwe mu nkingi z’ingenzi umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukoresha mu kuyobya no kugumisha abarwanyi bayo mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyobokama ryunganira ibikorwa bya gisirikari n’ibya politiki. Si ukwemera kwigisha amahoro n’ubutabera, ahubwo kwahinduwe igikoresho cy’intambara, kigamije kugoreka ubwenge, gutera ubwoba no gukomeza urugomo.
-
Perezida Kagame ategerejwe muri Kenya
11 May, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame ategerejwe muri Kenya mu nama y’ubufatanye bw’ibihugu bya Afurika n’u Bufaransa iri kubera i Nairobi kuri uyu wa 11, ikazakomeza no ku wa 12 Gicurasi 2026.
-
Umusanzu wa Mituweli wiyongereye
24 February, by Nshimiyimana Jean BaptisteIteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu rwego rwa mbere rw’imibereho wageze kuri 4.000 Frw, na ho amafaranga menshi azatangwa akaba ibihumbi 20 Frw ku bari ku rwego rwa gatanu.
IGIHE