Minisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, byasobanuye ko kuzamura imisanzu ya Mituweli byaturutse kuri serivisi nyinshi z’ubuvuzi zongerewe kuri ubu bwisungane ndetse no kuba imiti yatangwaga igiye kwikuba hafi kabiri.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Kongera serivisi bahabwa no gukuba kabiri imiti: Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe
25 February, by Hakizimana Jean Paul -
Abanyamategeko ba Nshimiye ukekwaho uruhare muri Jenoside babeshye ko bafungiwe mu Rwanda
25 February, by Ntabareshya Jean de DieuAbanyamategeko ba Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagombaga gutangira kuburanishwa muri Werurwe 2026, aho ari muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, basabye ko urubanza rwasubikwa kuko hari ibimenyetso bagikusanya.
-
Inteko yemeje ingengo y’imari ya 2025/2026 ivuguruye
26 February, by Ntabareshya Jean de DieuInteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite yemeje bidasubirwaho ingengo y’Imari y’umwaka wa 2025/2026 ivugururuye, aho yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw ku yari yemejwe mbere, ikagera kuri miliyari 6.952 Frw.
-
Perezida Kagame yageze muri Kenya
11 May, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yageze i Nairobi muri Kenya kuri uyu wa 11 Gicurasi 2026, aho yitabiriye inama y’ubufatanye bwa Afurika n’u Bufaransa yahawe izina ‘Africa Forward Summit’ iyoborwa na Dr. William Samoei Ruto na Emmanuel Macron.
-
Perezida Kagame yitabiriye umusangiro wateguwe na Perezida Ruto
12 May, by IGIHEPerezida Paul Kagame yifatanyije n’abandi Bakuru b’Ibihugu mu musangiro wateguwe na Perezida wa Kenya William Ruto na madamu we bagamije guha icyubahiro Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bitabiriye inama yiswe ‘Africa Forward Summit.’
-
Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda
25 February, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
-
United Capital yinjiye ku isoko ry’imari mu karere ihereye mu Rwanda
13 May, by IGIHEUrwego rw’u Rwanda rushinzwe Isoko ry’Imari n’Imigabane (CMA) rwahaye United Capital Financial Services Rwanda Ltd icyemezo cyo gukora bikorwa by’ubucuruzi ku isoko ry’imari n’imigabane nka banki y’ishoramari, biba irembo ryinjiza iki kigo ku isoko ry’imari muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati.
-
Col Bahati Erasto wa AFC/M23 yavumiye ku gahera FDLR
26 February, by Jean de Dieu Tuyizere, Nshimiyimana EricGuverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru washyizweho n’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Col Bahati Musanga Erasto, yasabye abaturage kwitandukanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, abamenyesha ko abawushinze bamennye amaraso y’inzirakarengane mu Rwanda.
-
Hazubakwa inzu hafi 5000 zihendutse: Imishinga y’imiturire u Rwanda ruzibandaho mu 2025/26
8 March, by Igizeneza Jean DésiréGuverinoma y’u Rwanda ikomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye kugira ngo intego za gahunda y’igihugu ya kabiri yo kwihutisha iterambere zigerweho.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Bola Tinubu wa Nigeria na Ghazouani
13 May, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro Bola Ahmed Tinubu wa Nigeria baganira ku mubano mwiza usanzwe hagati y’ibihugu byombi n’ubutwererane mu bya gisirikare.
IGIHE